Kayonza: Ushinzwe amasomo ku Rwunge rw’amashuri yafatiwe mu cyuho yakira ruswa ya 4000 Frw yari ahawe n’umunyeshuri

Umugabo w’imyaka 58 ushinzwe amasomo ku Rwunge rw’amashuri rwa Gikaya mu Karere ka Kayonza, yafatiwe mu cyuho ari kwakira ruswa ingana 4000 Frw yari ahawe n’umwana w’umunyeshuri kugira ngo amwemerere ikigo.

Yafatiwe mu cyuho kuri uyu wa Kane tariki ya 28 mu Mudugudu wa Kinkoronko mu Kagari ka Gikaya mu Murenge wa Nyamirama, mu Karere ka Kayonza.

Amakuru aturuka kuri iki kigo avuga ko uyu muyobozi yasabye kandi yakira amafaranga y’indonke angana n’ibihumbi 4000 Frw y’umunyeshuri w’imyaka 15 kugira ngo amwemerere kwiga kuri iki kigo.

Ni amafaranga yakaga umwana wari waravuye mu ishuri aho yari amaze ibihembwe bibiri atiga, agiye kwaka ishuri ku kindi kigo kugira ngo arisubiremo undi amwaka amafaranga 4000 Frw ngo yemererwe kugaruka kwiga.

Uwo mwana ngo yahise abimenyesha ababyeyi be nabo babimenyesha ubuyobozi bukurikiranye busanga ni ruswa yamwakaga.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’agateganyo w’Umurenge wa Nyamirama, Nkurunziza Pascal, yabwiye IGIHE ducyesha aya makuru ko koko uyu mugabo yafatiwe mu cyuho yakira ruswa ingana n’ibihumbi bine.

Yagize ati: “Uwo mugabo koko yafatiwe mu cyuho yakira ruswa ya 4000 Frw, yari ayahawe n’umunyeshuri kugira ngo amwemerera kwiga mu kigo afitemo inshingano”.

Uyu muyobozi yavuze ko uyu mugabo ushinzwe amasomo mu rwunge rw’amashuri rwa Gikaya yahise atabwa muri yombi na RIB ikaba ngo inakomeje iperereza no mu bindi byaha.

Amakuru akomeza avuga ko atari ubwa mbere uyu mugabo yakira amafaranga muri icyi kigo ngo kuko asanzwe ashukashuka abanyeshuri bakamuha amafaranga y’amakarita y’ishuri n’andi menshi.

Mu minsi ishize ngo yakiriye amafaranga y’imyenda y’abanyeshuri 28 angana n’ibihumbi 296 500 Frw ntibayihabwa gusa we ngo yemeye ko abamuhaye amafaranga ari abanyeshuri 12 nubwo nayo atayatanze yemera ko yayariye.

Hari n’undi mubyeyi ngo yaririye amafaranga amubeshya ko umwana we agiye kumushakira umushinga umurihirira byose ngo akaba abyemera ndetse akanabisabira imbabazi.

Kuri ubu uyu mugabo yahise atabwa muri yombi afungirwa kuri sitasiyo ya RIB ya Nyamirama mu gihe iperereza rigikomeje.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu, cyangwa ukande hano ukore subscribe kuri Youtube Channel yacu

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *