Kigali: Umukobwa yahishuye uko yaretse uburaya nyuma yo kumenya ko yaryamanye n’umugabo wa nyina

Umukobwa w’imyaka 30 uvuka mu Karere ka Muhanga ubu utuye mu Mujyi wa Kigali yaretse uburaya nyuma y’uko asanze yarasambanaga n’umugabo wabyaranye na nyina.

Uyu mukobwa uvuga ko yari amaze imyaka icumi mu buraya, yavuze ko yabyinjiyemo abikuye kuri nyina na we utunzwe no gusambana n’abagabo bakamwishyura.

Yavuze ko nubwo afite imyaka 30, na we atazi se kuko nyina umubyara akora uburaya.

Yagize ati: “Uku undeba sinzi data, nagerageje kumubaza mama ambwira ko atamuzi ngo baryamanye rimwe ahita amutera inda ntibongera kubonana. Anyumvisha ko yakoze uburaya kugira ngo abone uko abaho nyuma y’uko ababyeyi be bose bari bamaze gupfira mu mpanuka”.

Gukura abona nyina asambana n’abagabo batandukanye ku buriri bumwe baryamagaho, ngo ni byo byamushoye mu ngeso z’ubusambanyi.

Yakomeje ati: “Barazaga bagakora ibyo bakora ndeba kuko twari dufite matela imwe tuba mu cyumba kimwe. Rimwe na rimwe narabimubuzaga akambwira ngo adasambanye ntitwarya cyangwa tubone amafaranga yo kwishyura inzu. Maze kugira imyaka 17 yaranyeruriye ambwira ko nanjye nzajya mbikora kugira ngo tubeho”.

Mu minsi ishize yaje kumenya ko mu bagabo yajyaga aryamana na bo, harimo uwigeze kubyarana na nyina. Byatumye abitekerezaho cyane, yiyemeza kureka uburaya.

Yagize ati: “Maze kugira imyaka icumi mama bongeye bamutera inda ariko kuko ntari nzi uwayimuteye, naje kwisanga njya ndyamana n’uwo mugabo babyaranye”.

Kuri ubu uyu mukobwa asigaye acuruza mu iduka riciriritse, gusa avuga ko nagira amahirwe ubucuruzi bwe bushobora gutera imbere akabeshwaho n’amaboko ye.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/Dmf_w1XDgek

https://youtu.be/OCZmbyvaoG8

https://youtu.be/7jbOXCXHmzE

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *