Lionel Messi yahishuye gahunda afite nyuma yo kuvugirizwa induru n’abafana ba PSG

Rutahizamu ukomoka mu gihugu cya Argentine akaba akinira Paris Saint-Germain yo mu Bufaransa, Lionel Messi, yatangaje ko nta gahunda afite yo kuva muri iyi kipe nyuma yo kuvugirizwa induru n’abafana bayo.

Messi na Neymar baheruka kuvugirizwa induru n’abafana ba PSG, ubwo iyi kipe yakinaga na Bordeaux mu mpera z’icyumweru gishize mu mukino wa shampiyona warangiye PSG itsinze ibitego 3-0.

Bombi bavugirijwe induru n’abafana batari bishimiye uburyo PSG yaherukaga gusezererwamo na Real Madrid, mu mukino wa UEFA Champions league.

Benshi batekereje ko Messi wari ukobwe bwa mbere n’abafana be ashobora guhita afata umwanzuro wo kuva muri PSG, binahurirana n’amakuru yahise atangira kumusubiza muri FC Barcelona yahoze akinira.

Amakuru ariho ni uko Messi yifuza gukomeza gukinira PSG, ndetse akaba yumva akababaro k’abafana bamuvugirije induru nyuma yo kwitwara nabi.

Umwe mu bantu ba hafi cyane b’uyu munya-Argentine babwiye SportsMail dukesha iyi nkuru ko Messi “akunda gutsinda ndetse ari gushaka uburyo induru yavugirijwe yazihinduramo amashyi mu mezi make ari imbere”.

Messi w’imyaka 34 ngo nyuma yo kubona inzu i Paris ngo we n’umuryango we barahishimiye ku buryo yiteguye kuhaguma kugeza amasezerano ye arangiye, kandi akaba ashishikajwe no kuzamura urwego rwe rw’imikinire.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/Dmf_w1XDgek

https://youtu.be/OCZmbyvaoG8

https://youtu.be/7jbOXCXHmzE

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/hMHdfBxUtKo

https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg

https://youtu.be/3vHUFVQ2RlQ

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *