Minisitiri ushinzwe ibikomoka kuri peteroli muri RDC akurikiranyweho gushaka guhungabanya umutekano w’igihugu

Biravugwa ko Minisitiri ushinzwe ibikomoka kuri peteroli muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Didier Budimbu, yahaswe ibibazo n’Urwego rushinzwe iperereza (ANR), ndetse amara amasaha 24 muri kasho zarwo ariko aza kurekurwa.

Ntabwo Guverinoma iratangaza yeruye ibyo akurikiranyweho, ariko mu bitangazamakuru hakomeje kuvugwa byishi.

Radio Okapi yatangaje ko amakuru yavanye imbere muri ANR yemeza ko “akurikiranyweho kunyereza umutungo wa leta ubarirwa muri miliyoni nyinshi z’amadolari,” ndetse ngo kugeza ubu imibare iracyegeranywa.

Ibinyamakuru byo muri RDC byogeraho ko amafaranga yanyereje yanatumye igiciro cy’ibikomoka kuri peteroli gitumbagira cyane muri icyo gihugu, nubwo iri zamuka riri n’ahandi ku isi.

Jeune Afrique na yo yatangaje ko uyu mugabo yahaswe ibibazo, aza kurekurwa ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane amaze ijoro n’amanywa muri ANR.

Gusa yo ivuga ko yahatwaga ibibazo ku byaha byo “gushaka kubangamira umutekano w’igihugu.”

Ivuga ko mu bikorwa byatumye ahamagazwa ndetse agahatwa ibibazo harimo ingendo zitandukanye yagiriye mu bihugu by’akarere, agahura na bamwe mu baterankunga b’imitwe yitwaje intwaro ikorera mu Burasirazuba bwa RDC.

Ni mu gihe hari benshi bamushinjaga imicungire mibi y’ibigega by’ibikomoka kuri peteroli, ku buryo wasangaga abantu benshi batonze imirongo kuri sitasiyo za lisansi na mazutu.

Umwe mu bantu ba hafi ba Budimbu yagize ati: “Minisitiri ntabwo yigeze abazwa ku bijyanye no kunyereza umutungo. Ahubwo yabajijwe ku bijyanye n’umutekano”.

Hari amakuru ko ubwo yajyaga kuri ANR, Budimbu atari yahawe inyandiko imuhamagaza, ahubwo yari yatumiwe n’Umuyobozi Mukuru wayo, Jean-Herve Mbelu Niosha, “mu biganiro bijyanye n’akazi”.

Nyuma yaje kwisanga ahatwa ibibazo ndetse arazwa muri kasho.

Hari amakuru ko uyu mugabo asanzwe ari n’umuntu wa hafi w’umugore w’umukuru w’igihugu, Denise Nyakeru Tshisekedi.

Muri Gashyantare uyi mwaka nabwo ANR yataye muri yombi François Beya, wari umujyanama wihariye wa Perezida Tshisekedi mu bijyanye n’umutekano.

Uyu nawe yashinjwaga ibyaha bijyanye no kubangamira umutekano w’igihugu.

Ntabwo aragezwa imbere y’urukiko ngo aburanishwe.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook 

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/Dmf_w1XDgek

https://youtu.be/OCZmbyvaoG8

https://youtu.be/hMHdfBxUtKo

https://youtu.be/3vHUFVQ2RlQ

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *