Ni Inkoresho ikomeye! Umukobwa w’ikizungerezi witabiriye Amahugurwa yitwaje igikinisho cy’Ubugabo yataramiweho.

Ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye, hakomeje gucicikana amashusho y’Umukobwa w’ikizungerezi wafotowe yitwaje igikinisho cy’Igitsina gabo akoresha mu gikorwa cyo kwikinisha, amafoto yafashwe uyu mukobwa atabizi.

Bigaragara ko uyu mukobwa yari yitabiriye amahugurwa nkuko ibinyamakuru byo mu gihugu cya Uganda ducyesha iyi nkuru bikomeje kubyandika.

Uyu mukobwa w’ikizungerezi utatangajwe amazina n’aho asanzwe atuye kubw’impamvu z’umutekano we, akomeje gutaramirwaho ku mbuga nkoranyambaga cyane cyane kuri Facebook, aho benshi bakomeje kwibaza niba adashobora gusiga iki gikinisho mu rugo mu gihe agiye mu ruhame.

Hari abari gutebya bakanavuga ko iyi ari “Inkoresho ye ikomeye, Ntabwo yayisiga kuko ahora ayishaka”.

Abahanga bavuga ko Umuntu ukora igikorwa cyo kwikinisha, aba afite ibyago byo kurwara indwara zitandukanye, ndetse n’izindi ngaruka ashobora guhura nazo mu buzima bwe bwa buri munsi.

Kwikinisha ni igikorwa gikunze gukorwa na bamwe mu rubyiruko cyangwa bamwe mu bantu bakuze, yaba abagabo cyangwa abagore. Abakora iki gikorwa bemeza ko bibagabanyiriza irari ry’imibonano mpuzabitsina.

Amakuru dukesha urubuga aufeminin.com, avuga ko ubushakashatsi bwerekanye ko mu barwayi 1,000 b’igituntu, abagera kuri 414 muribo bagitewe no kwikinisha.

Ibi kandi ngo bishobora no kuba intandaro yo kurwara umutima, impyiko, umwijima ni zindi ndwara zishobora kubahitana harimo no kwangirika k’umuyoboro utwara amaraso mu gitsina.

Bamwe mu bakora iki gikorwa cyo kwikinisha, ngo bagera igihe bakumva bashaka gukora imibonano nabo bahuje igitsina, kuko baba batinya ikindi gitsina.

Kwikinisha bitera kandi imikorere y’ibyiyumvo by’igitsina idasanzwe, ku buryo umuntu ukunda kwikinisha agera aho yumva yakora imibonano buri kanya.

Agera n’aho kandi yihagarika inkari zikaba zasohoka zikurikiwe n’amasohoro, ndetse n’amasohoro akagera aho ajya asohoka bimutunguye.

Kwikinisha bitera kandi kugabanuka kw’ibyishimo mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina hagati y’umugore n’umugabo, bikagabanya ingufu z’imikorere y’ubwonko umuntu agatangira kwibagirwa bidasanzwe, kuba umubiri utakwihagaraho igihe haje indwara, nko kuribwa n’umutwe udakira n’ibibazo by’amaso, umuntu agatangira kutabona neza.

Bitera kandi gusaza kw’umwijima bitewe n’ingufu nyinshi uba ukoresha igihe urimo ukora bimwe mu bigize amaraso, bigira uruhare mu gukora amasohoro.

Uwo munaniro udashira w’umwijima ushobora gutera gusaza imburagihe, umuntu akaba yanakurizamo indwara yawo n’izindi ngaruka nko kubura ubushake bwo kurya, umunaniro n’ubunebwe bidasanzwe, kurakazwa n’ubusa ku tuntu tudasobanutse, kugira amabara y’umuhondo mu maso no kuribwa n’impyiko.

Bishobora kandi kuba intandaro y’indwara y’umutima n’amaraso ajya mu gitsina akagenda aba make, ndetse umuntu akajya yumva yishinja icyaha bikaba byamutera ipfunwe no kutajya aho abandi bari.

Ubushakashatsi bwerekanye kandi ko mu barwayi 124 b’indwara zo mu mutwe, 24 muri bo na bo bazitewe no kwikinisha. Tutibagiwe ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge no kuba igitsina gabo cyafata indi shusho.

Umuntu ukora iki gikorwa cyo kwikinisha, aba afite ibyago byinshi byo guhura n’uburwayi butandukanye mu buzima bwe, birimo no kuba yashaka gukora imibonano mpuzabitsina buri kanya.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook 

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/Dmf_w1XDgek

https://youtu.be/OCZmbyvaoG8

https://youtu.be/7jbOXCXHmzE

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/hMHdfBxUtKo

https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg

https://youtu.be/3vHUFVQ2RlQ

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *