Nyaruguru: Umukobwa w’imyaka 70 ‘ukiri isugi’ yatangaje ko akeneye umukunzi ukiri muto ushoboye gukora akazi kose.

Umukobwa w’imyaka 70 y’amavuko wo mu karere ka Nyaruguru mu ntara y’Amajyepfo, avuga ko akiri isugi yatangaje ko akeneye umukunzi ukiri muto.

Uyu munsi twagiye mu karere ka Nyaruguru umukobwa w’imyaka 70 y’amavuko uvuga ko akiri isugi yatangaje ko akeneye umukunzi ukiri muto ubuzima abayemo burababaje cyane.

Ni mu kiganiro umunyamakuru  wa Afrimax TV ducyesha iyi nkuru yagiranye n’umukobwa w’imyaka 70 y’amavuko witwa Genevieve wifuza umugabo muzabukuru kuko ngo atigeze agira ayo mahirwe mu myaka ye y’ubuto.

Uyu mukobwa ukuze witwa Genevieve ubwo yasurwaga n’umunyamakuru wa kiriya gitangazamakuru, yeruye avuga ko akeneye umukunzi ukiri muto ugishoboye imirimo itandukanye by’umwihariko harimo n’iyo gutera akabariro.

Uyu mukobwa usanzwe ufite ubumuga bw’amaguru, ubwo yabazwaga impamvu muri iyo myaka yose atigeze ashaka umugabo yatangaje ko atabigizemo uruhare.

Yakoeje avuga ko ahubwo nta musore wigeze agenda amusanga ngo nibura amubaze n’izina, nawe bimutera gukomeza kwirara akajya agira ngo aracyari muto kugeza aho agiriye imyaka 70 y’amavuko.

Genevieve yakomeje avuga ko ntawundi muryango asigaranye ndetse yibana adafite ubushobozi bitewe n’ubumuga butuma atava aho ari, yasabye umuntu wese waba afite umutima utabara kumufasha mu bushobozi bwose yaba afiite.

Ubaye wifuza gufasha uyu mubyeyi cyangwa se uri umusore ukiri muto nkuko abyifuza wamuhamagara unyuze kuri numero ikurikira: Genevieve 0783291555.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook 

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/Dmf_w1XDgek

https://youtu.be/OCZmbyvaoG8

https://youtu.be/7jbOXCXHmzE

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/hMHdfBxUtKo

https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg

https://youtu.be/3vHUFVQ2RlQ

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *