Nyuma yo gusoza kaminuza yahise yihakana umuhungu bakundanye imyaka 5 avuga ko batakiri ku rwego rumwe.

Umukobwa witwa Kimberly Rwizi yari amaze iminsi micye asoje kwiga kaminuza, umuhungu bari bamaranye imyaka ikabakaba itanu yahise yibwira ko igihe kigeze ngo babane n’umukunzi we bityo umusore afata umwanzuro wo kujya gutera ivi ngo asabe uwo mukobwa ko bashinga urugo.

Nyamara ibyabaye kuri uyu musore bitandukanye cyane n’ibyo yibwiraga kuko uyu mukobwa yahise amuhakanira mu ruhame rw’abantu.

Mu mashusho yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga, uyu mukobwa yahise amubwira ko batakiri ku rwego rumwe ndetse n’impeta bari baje kumwambika ahita ayijugunya.

Ni inkuru yabaye mu gihugu cya Zimbabwe kumanywa y’ihangu aho umusore yagaragaye bamaze kumutera indobo nkuko benshi babyita, asigara apfukamye muruhame rw’abantu ndetse n’umukobwa ahita amusiga aho.

Benshi mu babonye inkuru y’uyu musore bishwe n’agahinda gakomeye ndetse banenga ubwishongozi bwuwo mukobwa bitewe nuko yibutse gukatira uwo musore aruko asoje kaminuza.

Ariko kandi ku rundi ruhande bamwe bafashe umwanya bongera kugaya umuco wo gutera ivi, bavuga ko ari imico y’abanyaburayi idakwiye kwimakazwa mu bihugu byacu bya Africa.

Hari uwagize ati: “uyu muco (gutera ivi) nuw’abanyaburayi, ndabiziko benshi babikora bikabahira. Ariko se ndibaza kuki tutifashisha umuco w’iwacu gakondo, ko ariwo watworohera ndetse bikaba byaturinda ibibazo bimwe na bimwe tutateganyije?”

Abandi nabo bakomeje kunnyega uyu musore bamubwira ko uburyo bumwe yakagombye gupfukama ari igihe yaba agiye gusenga gusa.

Ese wowe musore wumva gupfukama ari byiza nkuko benshi babivuga.

Wowe mukobwa umusore agupfukamiye uba wumva bikunyuze?

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/WfbqIQHaa8c

https://youtu.be/5hCBIj43gRE

https://youtu.be/2XX5Aa1v59o

https://youtu.be/IF0iRpc-ltw

https://youtu.be/8UBSIQjeJ-Y

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/IbN1W0eOHqk

https://youtu.be/Kc5CDmg7JgA

https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *