Umukobwa yaroze nyina kugirango yigarurire Se bajye baryamana ntakibatangira nyuma yuko asanga ariwe mugabo wamumara ipfa

Umukobwa witwa Sharon ukomoka muri Nigeria ariko akaba atuye i Londres mu Bwongereza, yaroze nyina umubyara ashaka kumwikiza ngo abone uko azajya aryamana na Se umubyara nta we ubarogoya.

Umwe mu batangaje iyi nkuru, nk’uko ibinyamakuru nka Naija news cyabitangaje, ku mbuga nkoranyambaga (izina rye ryagizwe ibanga), yatangaje ko uyu mukobwa yikijije nyina wari kubangamira imigambi ye.

Urukundo rukabije rwa Sharon kuri Se umubyara ngo rwadutse ubwo uyu mukobwa w’imyaka 20 yavaga kwiga mu Bwongereza akaza gukorera muri Nigeria.

Ariko ibi byabaye ubwo uyu muryango wari wagiye mu gihugu cy’Ubwongereza mu kiruhuko.

Ngo uyu mukobwa yakunze Se cyane ku buryo byageze aho baryamana ubwo nyina yari adahari.

Iyi nkuru iragira iti: “Sharon umunsi umwe yinjiye mu cyumba cy’ababyeyi mu gihe nyina yari adahari. Yifuje kuryamana na Se kuko yamubonye ubwambure, Bararyamana. Ibi byarakomeje hagati y’umuwana na Se gusa nta muntu wari ubizi”.

Bakomeje kuryamana biratinda ari nako urukundo rw’umukobwa kuri se rukomeza gufata indi ntera ariko nto n’umwe urabirabukwa mu muryango kugeza aho byamenyekaniye.

Inkuru ikomeza ivuga ko: “Umunsi umwe ubwo umuryango wari wicaranye mu gitondo ku kazuba kugasusuruko, Sharon yifuje kuryamana na Se kandi icyo gihe yari kumwe na nyina. Sharon yakomeje guha Se isiri ko amukeneye, undi akamusubiza ko yaba yihanganye”.

Uyu mukobwa abonye ibyo yashakaga bidashobotse, yagiye gutegurira ababyeyi ibyo kurya bya mu gitondo gusa mu byo yateguye harimo uburozi yashyize mu biryo bya nyina nuko buramwica.

Nyina wa Sharon ntiyageze kwa muganga kuko yapfuye atarahagera.

Se wa Sharon yananiwe kubyihanganira, abimenyesha polisi, uyu mukobwa atabwa muri yombi. Ubwo iperereza ryakorwaga ku mpamvu yateye uyu mukobwa kuroga nyina, ngo yagize ati:

“Nashakaga kwiharira data njyenyine, nashakaga ko ari njye twazajya turyamana gusa. Ndamukunda cyane nta kundi, kandi umbabarire papa”.

Sharon kuri ubu uri muri gereza i Londres mu Bwongereza akurikiranweho icyaha cy’ubwicanyi. Ubusanzwe abakobwa bagirira urukundo ba Se cyane iyo bari mu myaka mike (electra complex) gusa kuri Sharon ntibisanzwe.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/WfbqIQHaa8c

https://youtu.be/5hCBIj43gRE

https://youtu.be/2XX5Aa1v59o

https://youtu.be/IF0iRpc-ltw

https://youtu.be/8UBSIQjeJ-Y

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/IbN1W0eOHqk

https://youtu.be/Kc5CDmg7JgA

https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *