Perezida Macron w’u Bufaransa yavuze ko agiye kubabaza abatarikingiza Covid-19 kugeza babikoze

Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron yatangaje ko agiye kubabaza cyane (emmerder=piss of) abantu bataremera kwikingiza icyorezo cya Covid-19 kugeza ubwo bazemera kwitabira iki gikorwa.

Uyu Mukuru w’Igihugu yabitangarije mu kiganiro yagiranye n’ikinyamakuru Le Parisien kuri uyu wa 4 Mutarama 2022.

Ati: “Abatarikingije, mu kuri ndashaka kubababaza cyane. Kandi tuzakomeza kubikora kugeza ku iherezo. Ni bwo buryo”.

Perezida Macron yavuze ko atazigera ategeka abantu kwikingiza ku ngufu cyangwa se ngo abajyane muri gereza, ahubwo icyo azakora ni ukwima aba bantu amahirwe yo kugera kuri serivisi z’ingenzi ku buzima guhera tariki ya 15.

Yagize ati: “Ntabwo nzabajyana kuri gereza, nta n’ubwo nzabakingiza ku ngufu”.

“Rero turashaka kubabwira ko guhera tariki ya 15 Mutarama, ntabwo muzemererwa gusubira kuri resitora ukundi, ntabwo muzaba mwemereye kujya kunywa ikawa, kujya ahakorerwa imyidagaduro, muri cinema,…Ndashaka gukora ibyo ngibyo”.

Gusa ubu butumwa bwe ntabwo burimo kuvugwaho rumwe mu Bufaransa. Ngo nk’Umukuru w’Igihugu, ntiyari akwiye kuvuga aya magambo.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/45bUPa2_zPs

https://youtu.be/5hCBIj43gRE

https://youtu.be/2XX5Aa1v59o

https://youtu.be/IF0iRpc-ltw

https://youtu.be/8UBSIQjeJ-Y

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *