Perezida Putin w’u Burusiya yasimbuje Umugaba w’Ingabo ziri mu ntambara muri Ukraine

Umutegetsi wo mu burengerazuba bw’isi yemeje ko Perezida Vladimir Putin yahinduye ubuyobozi bw’Ingabo ziri mu ntambara muri Ukraine, ashyiraho umu-Jenerali ufite ubunararibonye bw’igihe kirekire yakuye mu bikorwa byo ku rugamba muri Syria.

Uyu mutegetsi yabwiye BBC dukesha iyi nkuru ko Gen Aleksandr Dvornikov w’imyaka 60 ari we wagizwe Umugaba w’Ingabo z’u Burusiya ziri muri Ukraine.

Gen Dvornikov yari asanzwe ari komanda w’akarere ka gisirikare k’amajyepfo mu Burusiya.

Uwatanze amakuru yavuze ko Gen Dvornikov by’umwihariko “afite ubunararibonye bwinshi mu bikorwa by’Uburusiya muri Syria. Rero twakwitega ko kuyobora ibikorwa muri rusange no kugenzura biba byiza kurushaho”.

Gushyiraho uyu mugaba mushya w’ingabo byakozwe mu kugerageza guhuza neza kurushaho imitwe itandukanye y’ingabo, kuko mbere imitwe y’ingabo z’u Burusiya yakoraga ndetse igategekwa mu buryo butandukanye.

U Burusiya bwahinduye Umugaba w’ingabo zabwo ziri muri Ukraine kandi, mu gihe mu minsi 44 ishize butangije intambara muri Ukraine bwakunze kugorwa no kugera ku ntego zabwo z’intambara, bunanirwa gufata imijyi ikomeye irimo nk’umurwa mukuru Kyiv, mbere yuko bwerekeza amaso ku karere ka Donbas ko mu burasirazuba.

Uwatanze amakuru yunzemo ko amayeri y’urugamba y’u Burusiya yatumye busubizwa inyuma n’imitwe mito y’ingabo za Ukraine ikorana ubwenge kurushaho kandi ikora mu buryo bwo kugwa gitumo ingabo z’u Burusiya, n’ubwo byibazwaga ko bufite ingabo “nyinshi” ziri mu matsinda hafi 100 ya za batayo ziri ku rugamba.

Ati: “Keretse u Burusiya bushoboye guhindura amayeri yabwo, naho ubundi biragoye cyane kubona ukuntu bwagera no muri izi ntego ntoya bwongeye kwiha”.

Yunzemo ko ibyihutirwa muri politiki bishobora gushyirwa imbere kurusha ibyihutirwa byo mu rwego rwa gisirikare, u Burusiya bugashyiramo imbaraga ngo bugere ku ntsinzi runaka mbere y’itariki ya 9 Gicurasi, itariki iki gihugu cyizihizaho intsinzi mu ntambara ya kabiri y’isi.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook 

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/Dmf_w1XDgek

https://youtu.be/OCZmbyvaoG8

https://youtu.be/hMHdfBxUtKo

https://youtu.be/3vHUFVQ2RlQ

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *