Uzarebe ibi bimenyetso niba ushaka kumenya umukobwa ufite amavangingo menshi

Akenshi uzasanga nk’iyo umukobwa cyangwa umugore atambutse ahantu hateraniye igitsinagabo, usanga bamwitegereza cyane ari nako ibitekerezo bibabana byinshi bitewe n’imiterere ye.

Amavangingo ni ikintu abagabo benshi batekerezaho mu gihe cy’akabariro, niyo babonye abagore b’ibishongore cyangwa abakobwa batambuka, bagaruka kuri iyi ngingo cyane cyane iyo bamwitegereje bakamubonaho ibi bimenyetso bikurikira, bakagira bati “uriya mugore, uriya mukobwa ni mwiza yanyara”.

Dore ibimenyetso bizakwereka ko umukobwa asanzwe afite amavangingo:

Ibiganza

Umugore ufite mu kiganza cyangwa intoki zoroshye cyane, usanga abagabo bamwibazaho ndetse ntibashidikanye kuvuga ko ashobora kuba anyara mu gihe cy’imibonano.

Agatsintsino

Abagore bafite agatsitsino karenga inyuma kandi korohereye nabo bagarukwaho cyane.

Ni ihurizo rikomeye ritapfa korohera buri wese gusuzuma, ariko bene aba bagore bagafite usanga nabo abagabo babibazaho ndetse bakanabifuza kuko ngo baba banyara mu gihe cy’imibonano.

Iminwa

Iminwa ihora itoshye, itajya yumagara na yo ngo umugore uyifite n’iyo asomanye n’umugabo amacandwe ahita amubana menshi mu kanwa, iminwa igatoha cyane.

Mu gihe cy’imibonano rero ngo nta kabuza ni nako mu gitsina cye naho hahita hatoha cyane. Abagore bameze gutya nabo usanga bakundwa n’abagabo.

Amatako

Amatako agaye, ateye nk’igitunguru, aha bitandukanye n’umubyibuho aho usanga umugore abyibushye kuva hasi hangana no mu nda, oya, nubwo waba unanutse ariko mu matako ufite ishusho nk’iy’igitunguru.

Umugore uteye uko nawe usanga abagabo bamwishimira ndetse banavuga ko yaba azana amazi mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina.

Ibi si ihame ariko umugabo wese uzabaza ibimenyetso bishobora kugaragarira amaso by’umugore ushobora kunyara mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina, azagutungira agatoki aha.

Igisekeje rero ni uko abagabo cyangwa abasore benshi usanga baririmba kunyaza batazi ni icyo ari cyo, kubivuga ku rurimi biroroshye ariko kubikora bisaba ubuhanga cyane.

Abahanga bavuga ko nta mugore utanyara, amavangingo ashobora kuba make ariko akaba ayafite, ahubwo umugabo niwe ushobora kuyamuhezamo bitewe n’ubumenyi buke afite mu kunyaza.

Abakobwa uzasanga banyara ni bake, ubundi umugore wabyaye iyo afite umugabo w’umuhanga kuri iyi ngingo aranyara pe!

Naho abakobwa akenshi ntabwo baba batuje, nta nubwo birekura neza nk’abagore, bitewe nuko aba akora ibyo azi ko arimo kwiba. Ubundi iyo tuvuze imibonano mpuzabitsina ni hagati y’umugabo n’umugore.

Icyitonderwa: Izi nyigisho tuzigenera abubatse, ntabwo intego yacu ari ukwigisha ubusambanyi, rubyiruko mwirinde ubusambanyi kuko ni icyorezo ku buzima bwanyu dore ko mushobora kuvanamo indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina VIH/SIDA, imitezi,… cyangwa inda zitateguwe rimwe na rimwe mutanabashije kurera.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.  

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu. 

IGIHE CYO KUBIKUZA KURI PI NETWORK CYAGEZE: Reba ibisabwa muri iyi nkuru 

Muntu uba muri iyi si y’ikoranabuhanga ukaba udakora mining ya cryptocurrency waracikanwe. 

Ubundi ku bantu batabizi, mining ni uburyo bukoreshwa muri cryptocurrency, nk’ubucukuzi bw’amafaranga atangwa ku buntu nta gishoro watanze.  

Icyo wowe ukora ni ugukanda ku ijambo mine gusa ubundi amafaranga y’ubunu akaba downloaded icyo gihe uba uri gucukura icyo bita coin. Izo coin nizo uvunjamo amafaranga ku buntu  

Habaho coin nyinshi zikorerwa mining nzagenda nzibereka gacyegacye bitewe nuko nzajya mbanza nkayikoraho ubushakashatsi nkamenya ko ifite gahunda ifatika, ndetse binatewe n’umubare w’abakoresha Username yanjye mu gihe bagiye gutangira urugendo rwa mining.  

Nk’ubu nawe iyo wakora ukaba uyicukura ni pi network: Icyo nkubwira nuko iyo umaze kwiyandikisha buri masaaha 24 wajya ugenda kuri app yayo ugakanda ijambo mine mine gusa ubundi amafaranga akidownlodinga mu masaha 24 akurikiyeho.  

Waca kuri iyi link unyuze hano  ubundi ukoreshe iyi username (Yamini01234) nka invitation code, nawe ugatangira ugacukura amafaranga y’ubuntu  

Iyo ufunguye account udakoresheje iyo Username ntabwo umutekano w’amafaranga wamininze uba wizewe, ndetse n’ingano y’amafaranga udownloadinga agahita yiyongera kuko iyo ukoresheje iriya Username utangirana Pi imwe ihwanye n’Amadorali 40. 

Buri munsi usabwe kujya wibuka gukanda ku ijambo mine kugirango ukomeze kudownloadinga amafaranga y’ubuntu, igihe cyo kubikuza tuzababwira uburyo bikorwa. 

Ku bantu basanzwe bakora mining ya Pi Network, igihe cyo kubikuza kiregereje kuko yatangiye no gukoreshwa mu guhaha ibintu bitandukanye. Abemerewe kuyikoresha bahaha ni abamaze gukorerwa KYC verification. 

Kugirango wemererwe gukora KYC Verification ari nayo izagufasha mu kubikuza, ni uko uba usanzwe ukora mining buri munsi.  

Ku bindi bisobanuro by’uko wabikuza twandikire kuri WhatsApp: +254700212775

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *