Platini yarumye ahuha abajijwe ibyo gutandukana n’umugore we anakomoza ku mwana byavugwaga ko atari uwe.

Nemeye Platini wamamaye mu muziki nka Platini P, ntiyashatse kugira icyo avuga ku makuru yo gutandukana na Ingabire Olivia barushinze muri Werurwe 2021. 

Hari mu kiganiro yagiranye na Kiss FM muri “Breakfast with Stars’’, yatumiwemo kugira ngo asogongeze abantu Extended Play [EP] aheruka gushyira hanze y’indirimbo umunani. 

Andy Bumuntu uri mu bakora iki kiganiro yabajije Platini uko yabashije guhangana n’ibibazo yanyuzemo byo gutandukana n’umugore we mu gihe ari na bwo yakoraga iyi EP. 

Platini mu gusubiza yagize ati “Ntekereza ko ibibazo by’ubuzima bw’umuryango bikemurirwa mu muryango n’ubundi […]. Uzumva bakubwira ngo amakuru bayakuye mu nshuti za hafi. Ese inshuti za hafi zakuvamo?” 

Yakomeje agira ati: “Ntabwo nahungabanyijwe n’ibyavuzwe kuko itangazamakuru ndarimenyereye. Nanjye hari amakuru menshi yanjye mba numva abantu bazi kundusha.” 

Uretse gutandukana kwa Platini na Ingabire, mu makuru yavugwaga harimo ko n’umwana wari wavutse mu rugo rwabo muri Nyakanga 2021 atari uw’uyu mugabo. Platini ahereye kuri ibi yavuze ko umwana abantu bagomba kujya bamwitondera. 

Ati “Ntabwo ndi hano gusobanura ibintu byose kuko nshobora gukora amakosa ariko iyo bijemo abana ni ikintu kigomba kwitonderwa. Imikurire y’abana ishobora kuhangirikira.” 

“Ushobora kuvuga ku bindi byose ariko iyo bigeze ku mwana bisaba kwitonda. Nkunda abana nk’uko umubyeyi wese yakunda abana, nk’umuntu kandi nkakunda abana […] kurinda ubusugire bw’umwana ni ikintu kiremereye.’’ 

Ibya Platini n’umugore byagiye hanze muri Gashyantare uyu mwaka ndetse hari amakuru ahamya ko batari bakibana mu rugo. Aba bombi barushinze muri Werurwe 2021. 

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya. Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu. 

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060 

Niba usanzwe ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro koresha REVIVE capsules (Ni Umwe mu miti Gakondo y’abashinywa yizewe ku rwego Mpuzamahanga Mugezwaho N’Ivuriro Fukang Healthcare) 

REVIVE ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa Epimedium. N’igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w’ibihingwa bizwi nka berberidacea kiboneka mu majyepfo y’Ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya Aziya. 

REVIVE yongera ogisijeni (Oxygen) mu maraso. REVIVE irinda kandi ikavura gusohora imburagihe ndetse ikanavura ingaruka ziterwa no kwikinisha. 

IBYIZA BYO GUKORESHA REVIVE: 

Ikiza gusohora imburagihe no gucika intege utera akabariro. Yongera libido (Ubushake) ku kigero cyo hejuru. Yongera umusaruro w’intanga mu bwiza n’ubwinshi. Ihangana n’ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro 

Gukoresha revive  bikakurinda gupfubya uwo muhuye. 

REVIVE IGIZWE N’IBININI 10 

UKO IFATWA: Unywa ikinini kimwe mu minsi ine, ukakinywesha amazi y’akazuyaze. 

Niba wiyumva nkutakibasha gushimisha uwo mwashakanye cg se umukunzi (partner) wawe, Wizuyaza kuduhamagara cg se kutwandikira ngo tugufashe! 

N.B ubaye ufite ikindi kibazo kihariye kigendanye n’ubuzima waca mugikari tukabiganiraho Birambuye. Aho uherereye hose imiti yacu yakugeraho. 

Iyi product wayibona ku giciro cya 40000 Frw. Hamagara & WhatsApp Number: +250788920788 

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose. Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com  

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *