RIP: Umusore w’imyaka 23 yujuje inzu iwabo mu cyaro maze baza kuyimusangamo amanitse

Mu karere ka Nyanza mu Murenge wa Mukingo, abaturage batunguwe n’umurambo w’umusore w’imyaka 23 y’amavuko basanze umanitse. 

Uyu musore yasanzwe amanitse mu nzu yari amaze iminsi mike yujuje. 

Ni ibintu byababaje abaturage bari benshi ubwo bazaga kureba uyu musore wari umanitse mu nzu ye. 

Mu byababaje ni ukuntu yari amaze iminsi mike yujuje inzu akazi no guhita ayiyahuriramo. 

Inzego z’umutekano zaje gukora iperereza kugira ngo harebwe icyishe uyu musore bivugwa ko yaba yiyahuye.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya. Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.  

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *