Rugangura Axel mu munyenga w’Urukundo Inkumi y’ikizungerezi ituye muri Amerika yigaruriye umutima we.

Muri iyi minsi urukundo rugeze aharyoshye hagati ya Rugangura Axel umunyamakuru w’imikino muri RBA n’inkumi isanzwe ituye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.

Amakuru y’urukundo rwa Rugangura Axel n’uyu mukobwa uzwi ku mbuga nkoranyambaga nka Jojo Ashley amaze igihe avugwa nubwo ba nyiri ubwite batakunze kwerura ngo bayahamye.

Icyakora Umunyarwanda wagize ati: “Akari ku mutima gasesekara ku munwa” ntiyabeshye.

Amarangamutima y’aba bombi ajya abatamaza ku mbuga nkoranyambaga bakagaragarizanya urukundo binyuze mu magambo babwirana.

Nubwo bari bamaze igihe baca amarenga y’urukundo rwabo, ku wa 8 Ukuboza 2021 Rugangura yaje kurushimangira abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram.

Ni nyuma y’aho yafashe ifoto y’uyu mukobwa bakundana, arangije ashyiraho amagambo agira ati “Umurongo w’ubuzima”.

Amakuru ducyesha IGIHE, avuga ko uyu mukobwa aherutse mu Rwanda mu minsi yashize, akaba yarabonanye na Rugangura mu buryo bw’ibanga.

Nyuma yo kubonana no kuganira, hari amakuru avuga ko ubwo umukobwa yari asubiye muri Amerika urukundo rwabo rwajemo agatotsi icyakora kugeza ubu bakaba baramaze kwiyunga.

Jojo Ashley ukundana na Rugangura amashuri ye yisumbuye yayize muri APE Rugunga mbere y’uko yerekeza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

Jojo Ashley ukundana na Rugangura amashuri ye yisumbuye yayize muri APE Rugunga mbere y’uko yerekeza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika

https://youtu.be/45bUPa2_zPs

https://youtu.be/7ovG8Y2PqJg

https://youtu.be/WfbqIQHaa8c

https://youtu.be/5hCBIj43gRE

https://youtu.be/2XX5Aa1v59o

https://youtu.be/IF0iRpc-ltw

https://youtu.be/8UBSIQjeJ-Y

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/Kc5CDmg7JgA

https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *