Rwamagana: Nitwa Nirere, Nikuyemo Amaso N’amazuru Ndayaca, Na Mama Wange Niko Byagenze.

Nirere Marie Gereturuda, ni umukobwa ugaragara nkukuze ari mukigero cy’imyaka 54, abana na mama we witwa Felesita Mukandinda nawe ufite ubumuga bwo kutabona, ariko igitangaje uyu Nirere ninawe urandata mama we, kandi bose bafite ubumuga bwo kutabona.

Aba batuye mukarere ka Rwamagana ho mu ntara yiburasirazuba, aba batuye mu nzu ya bonyine kandi baribana.

Nkuko bigaragara mu mashusho ya Afrimax TV, bavuga ko ari nabo bishakishiriza ibyo kurya kandi bakanabyitegurira batabona.

Uyu Nirere yavuze ko ibi Atari we ubyikorera ahubwo ko ayoborwa na bikiramariya.

Mu buhamya buteye agahinda yagiranye n’abanyamakuru ba kiriya gitangazamakuru, Nirere yavuze ko we yavutse ari muzima kandi ko icyo gihe na mama we yari muzima.

Akomeza avuga ko bose baje guhuma nyuma we ibyo yise amadayimoni yateye umuryango wabo.

Yakomeje avuga ko kuba bakiriho ari imana yonyine, ngo itabaye yo baba barapfuye.

Uyu Nirere niwe ugifite imbaraga nkeya kuko nawe avuga ko ageraho akananirwa ngo kuko afite indwara iremereye cyane.

Muri ubu buhamya bwe, yavuze ko akiri umwana ubwo yafatwaga n’ubu burwayi iwabo inyuma y’inzu habaga umuvure barekamo amazi ngo yacungaga iwabo kujisho akajyana umuheha muri uwo muvure w’amazi nko guhumbya umuvure wa majerekani 20 akawunywa wose akawumara maze iwabo bahagera bagasanga yawumaze bakibwirako bamuroze ikiyoni.

Yongeye kugaruka ku cyateye mama we ubumuga bwo kutabona, maze avuga ko ari inzoga y’ibitoki yanyweye ahantu maze atashye araryama bucya yahumye.

Aha akaba arinaho ahera avuga ko urugo rwabo rwatewe n’umudayimoni ukomeye cyane.

Uyu muryango ubu ukaba ubayeho mu bukene bukomeye cyane ku buryo kubona ibyo kurya ari ikintu gikomeye n’inzu babamo ikiba itameze neza.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook 

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/Dmf_w1XDgek

https://youtu.be/OCZmbyvaoG8

https://youtu.be/7jbOXCXHmzE

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/hMHdfBxUtKo

https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg

https://youtu.be/3vHUFVQ2RlQ

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *