U Burusiya bwafatiye ibihano bikakaye Perezida Joe Biden wa Amerika n’abandi bategetsi 12

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Burusiya yatangaje ko yafatiye ibihano Perezida Joe Biden wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ndetse n’abandi bayobozi 12 bo mu gihugu cye.

Abandi bari mu bo u Burusiya bwafatiye ibihano umunyamabanga wa Leta Zunze ubumwe za Amerika ushinzwe umutekano, Antony Blinken, Minisitiri w’Ingabo, Lloyd Austin na Jen Psaki ukuriye itangazamakuru.

Uru rutonde kandi ruriho Madamu Hilary Clinton wahoze ari Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyo kimwe na Hunter usanzwe ari umuhungu wa Perezida Joe Biden.

Ibihano aba bose bafatiwe birimo kutemererwa gukandagira ku butaka bw’u Burusiya ndetse n’imitungo baba bafite muri iki gihugu igafatirwa.

Ni ibihano biza bifatirwa ibyo Amerika n’ibindi bihugu bafatiye u Burusiya mu minsi ishize kubera intambara bushinjwa gushoza kuri Ukraine.

Abategetsi b’u Burusiya barangajwe imbere na Perezida Vladimir Putin, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Sergei Lavrov na Dmitry Peskov usanzwe ari umuvugizi wa Perezidansi y’u Burusiya.

Ku munsi w’ejo Leta Zunze Ubumwe za Amerika zanatangaje ibihano ku bayobozi 11 bo mu ngabo z’u Burusiya ndetse zinatangaza ko zishobora gufatira ibihano Perezida Alexander Lukashenko wa Belarus ushinjwa gufasha u Burusiya kugaba ibitero kuri Ukraine.

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga kandi yanatangaje ibihano nk’ibyo yafatiye Abanyamerika ku banyapolitiki batandukanye ba Canada ndetse no ku badepite barenga 300 ba kiriya gihugu.

Abanya-Canada bashyizwe ku rutonde rwirabura n’u Burusiya barangajwe imbere na Minisitiri w’Intebe w’iki gihugu, Justin Trudeau, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Mélanie Joly na Minisitiri w’Ingabo, Anita Anand.

Canada yafatiwe ibihano izira ku kuba iri mu bihugu byafashe iya mbere mu kwamagana u Burusiya ndetse igasaba ko iki gihugu cyafatirwa ibihano biremereye.

Abandi byitezwe ko bafatirwa ibihano ni abategetsi b’u Bwongereza barangajwe imbere na Minisitiri w’Intebe, Boris Johnson cyo kimwe n’uw’Ingabo, Ben Wallace.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/Dmf_w1XDgek

https://youtu.be/OCZmbyvaoG8

https://youtu.be/7jbOXCXHmzE

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/hMHdfBxUtKo

https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg

https://youtu.be/3vHUFVQ2RlQ

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *