Umuvugizi w’ingabo z’u Burusiya, Maj. Gen Igor Konashenkov yatangaje ko bazi aho abanyamahanga bose bari gufasha Ukraine mu ntambara baherereye, abamenyesha ko bazicwa nta mpuhwe.
Nk’uko ikinyamakuru RT cyegamiye kuri Leta y’u Burusiya kibivuga, Gen. Konashenkov yabitangaje kuri uyu wa 14 Werurwe 2022.
Yakomeje yihanangiriza ibihugu byo mu burengarazuba bw’Isi bikomeje gushishikariza abaturage kujya gufasha Ukraine muri iyi ntambara.
Yagize ati: “Ahantu hose abacancuro b’abanyamahanga baherereye muri Ukraine turahazi. Ndagira ngo mbaburire na none”.
“Nta mpuhwe tuzagirira abacancuro, aho bazaba bari hose ku butaka bwa Ukraine”.
Uyu musirikare yatangaje kandi ko u Burusiya butagomba kuzabazwa aba banyamahanga bwita abacancuro bazicirwa muri iyi ntambara, ngo ahubwo bagomba kubazwa abayobozi bo mu bihugu byo mu burengerazuba babashishikarije kwishorayo.
Gen. Konashenkov atanze uyu muburo nyuma y’aho ku wa 14 Werurwe ingabo z’u Burusiya zirashe misile ku birindiro by’ingabo bya Yavorov no hafi y’agace ka Starchi kari mu burengerazuba bwa Ukraine, zikemeza ko zishemo abanyamahanga bagera ku 180.
Muri iki gitero ibitangazamakuru byo mu Bwongereza byemeza ko hiciwemo abarwanyi b’Abongereza batatu.
Ni mugihe Leta ya Ukraine yemeza ko nta munyamahanga wapfiriyemo, ngo ahubwo hiciwemo abasivili 35, abandi 130 barakomereka.
Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.
Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.
Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060
People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering
Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.
Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook
Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com
Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?
Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?
Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.
Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.
Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.
Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.
Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.
Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.
Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…
Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.
Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644
Duhamagare kuri 0791448543
MoMo Pay: *182*8*1*096890#
Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd
Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano
Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%
https://youtu.be/Dmf_w1XDgek
https://youtu.be/OCZmbyvaoG8
https://youtu.be/7jbOXCXHmzE
https://youtu.be/PeKMcst2-QE
https://youtu.be/hMHdfBxUtKo
https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg
https://youtu.be/3vHUFVQ2RlQ