Umugabo we yasohokaga buri saa cyenda z’Ijoro: Amashusho y’umunyarwandakazi Shangazi Dativa yafashe umugabo we aryamanye n’umukozi yaciye igikuba

Shangazi Dativa yafashe umugabo we ari gusambana n’umukozi mu bwiherero, amubajije impamvu amuca inyuma amubwira ko we ataciye imyeyo kandi umukozi yarayiciye. 

Mu kiganiro inkuru yanjye umugore uzwi nka Shangazi Dativa yagiranye na Gerald Mbabazi yagarutse ku buryo umugabo we yamucaga inyuma amuziza ko we ataciye imyeyo kandi umukozi akaba yarayiciye. 

Shangazi avuga ko umugabo we buri gihe yasohokaga mu nzu saa cyenda z’ijoro akajya ku muca inyuma n’umukozi. 

Umunsi umwe nibwo Shangazi yaje gukurikirana umugabo we ubwo yari asohotse, ageze hanze amusanga mu bwiherero ari gusambana n’umukozi.  Ubwo umugore yaratunguwe cyane ndetse n’umukozi abura icyo avuga ariko umugabo we yamubwiye ko umukozi yaciye imyeyo kandi  we akaba atarayiciye. 

Ubusanzwe Shangazi Dativa amaze kumenyekana mu kugira inama abashakanye kugirango bajye babasha kunoza neza inshingano z’urugo, hatazagira no guhemukirana kwa hato na hato bagirana. 

Uyu mugore avuga ko ahanini kuba yarahisemo kugirana inama z’abashakanye muri ibyo bintu ari uko azi aho byamugejeje kuko atari azi ibyo guca imyeyo. 

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya. Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu. 

https://youtu.be/PJ-s6-9udiM

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *