Umugabo yatunguranye cyane, ashyira hanze amashusho y’umugore we w’imyaka 30 asambana n’umuyobozi we.

Umugabo wakekaga ko umugore we w’imyaka 30 amuca inyuma, yibye terefone ye, arebye asangamo amafoto na videwo bye n’umuyobozi we bakora imibonano mpuzabitsina.

Mukwihimura, yakoresheje terefone ye kugira ngo afate ayo mashusho na videwo maze arangije ayashyira ayo mashusho n’amafoto by’umugore we nuwo muyobozi kuri Facebook, avuga ko adashaka ko abandi bagabo bagenzi be “batazagwa mu byo yaguyemo”.

Kuri uyu wa kabiri, tariki ya 21 Nzeri 2021, uyu mugabo w’imyaka 27, utatangajwe amazina mu rwego rwo kurengera umwirondoro w’uwahohotewe, yemeye icyaha kuri buri cyaha cy’ubujura no gukwirakwiza amashusho y’ubwambure.

Ibindi birego bibiri bizasuzumwa bamugenera igihano.

Urukiko rwumvise ko uyu mugabo yari yarashakanye n’uwahohotewe (umugore) igihe icyaha cyakorwaga muri Gashyantare umwaka ushize, ariko akaba yari yarimukiye mu rugo rwe akava mu rw’abashakanye.

Ku ya 6 Gashyantare 2020, nibwo yagiye mu rugo rw’uwahohotewe asaba gukoresha umusarani, nubwo yari yarimutse amezi make mbere.

Nyuma yo gukoresha umusarani mu cyumba cyo kuryamamo, uyu mugabo yafashe terefone igendanwa y’umugore we yiruka mu nzu, umugore we amwiruka inyuma, ariko ntiyashobora kumufata, nibwo umugabo yarebaga kuri terefone ye akeka ko amuca inyuma.

Nkuko yabicyekaga, yabonye amashusho menshi na videwo n’umugore we n’umuyobozi we basambana, niko gukoresha terefone ye mu gufotora no gufata ayo mashusho.

Harimo video y’amasegonda ane igaragaza igituza cy’umugore we mumaso ye hagaragara igice, videwo y’amasegonda 16 imwerekana yambaye ubusa buriburi, n’ishusho y’umugore we aryamanye n’umuyobozi we kukazi, mumaso yabo bombi hagaragara neza.

Umugabo yasubiye mu rugo rw’umugore we nyuma gato maze asubiza terefone, ariko ntiyamubwira ko afite amashusho yimbitse ndetse n’amajwi byo yari yafashe.

Umushinjacyaha yavuze ko ahagana mu ma saa munani za mu gitondo ku ya 12 Gashyantare 2020, ushinjwa yafashe icyemezo cyo gushyira amashusho y’ubwambure by’umugore we kuri Facebook “kugira ngo buri wese ayabone”.

Yavuze ko yabikoze kubera ko “adashaka ko abandi bagabo basangira ibye nka we”.

Yashyize ayo mashusho ku mwanya wa “rubanda” kugirango abantu bose bayabone, ashyiraho izina n’umwuga umuyobozi w’umugore we.

Yasobanuye ko uyu mugenzuzi ari umusenya ngo, akangurira abantu kumumenya.

Muri iyo nyandiko harimo ishusho y’umugore we aryamana n’umuyobozi we, ndetse n’amafoto y’umuyobozi we ndetse n’amashusho y’ibiganiro byanditse umugore we yagiranye n’umuyobozi we.

Inshuti y’uyu mugenzuzi yamumenyesheje ibyamubayeho mu gihe cy’isaha imwe amashusho ashyizwe kuri facebook, mu gihe umugore w’ushinjwa yakiriye telefoni z’incuti ze zimubwira uko byagenze.

Iyi nyandiko yagiye ahagaragara kandi isangizwa inshuro 2000 kugeza saa kumi z’umugoroba uwo munsi, ikundwa n’abagera ku 3.000 n’ibitekerezo 1.000.

Urukiko rwumvise ko ushinjwa yasibye ayo mashusho kubera ko atari yiteze ko “uzitabwaho cyane”, akaba azagaruka mu rukiko kugira ngo ahatwe ibindi bibazo kandi akatirwe mu kwezi gutaha.

Kubera ikirego cy’ubujura, ashobora gufungwa imyaka irindwi no gucibwa amande. Kubera gukwirakwiza nkana amashusho yimbitse y’ubwambure y’undi muntu, ashobora gufungwa imyaka itanu, gucibwa amande, gukubitwa, cyangwa guhabwa ibihano byose bifatanyije.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu, cyangwa ukande hano ukore subscribe kuri Youtube Channel yacu

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *