Umuhanzikazi w’icyamamare yakuyemo ikariso ku rubyiniro, ahita anyara mu maso y’umufana w’umugabo. Amafoto yaciye ibintu

Mu gitaramo cyiswe Welcome to Rockville festival cyaberaga kuri Daytona International Speedway, muri Floride, umuririmbyi ukomeye, Sophia Urista wo mu itsinda ry’abanyamerika rya rock ryitwa Brass Against, yakuyemo ikariso ku rubyiniro maze anyara mu maso y’umugabo.

Yasubiragamo indirimbo ya Rage Against the Machine yitwa Wake Up, yatunguranye ubwo yatumiraga umugabo wari ku murongo wambere ngo azamuke kuri stage amwuhagize zahabu “golden shower”.

Ibi bintu bidasanzwe byamaze amasegonda arenga 15 mbere yuko umugabo ahaguruka maze asohora inkari zimwe yari afite mu kanwa mu cyerekezo cy’abari bitabiriye igitaramo.

Iki gikorwa cyateje umujinya ku mbuga nkoranyambaga, aho iri tsinda rya New York ryahatiwe gusaba imbabazi, risobanura ko uyu muhanzikazi “yatwawe” kandi ko “atari ikintu kizongera kubonwa mu gitaramo cyacu”.

Brass Against yanditse kuri Twitter iti: “Twagize ibihe byiza mw’ijoro ryakeye kuri Welcome to Rockville”.

“Sofiya yatwawe. Ntabwo ari ikintu twese twari twiteze, kandi ntabwo arikintu uzongera kubona mu bitaramo byacu. Urakoze kukizana mu ijoro ryakeye, Daytona”.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

https://youtu.be/Ki-dVcWT0xA

https://youtu.be/c3AwAXvWYTU

https://youtu.be/_18mOZbl5pc

https://youtu.be/JQKoyC3ZVBo

https://youtu.be/tLZPcuI2yaE

https://youtu.be/wB8OZhhjjiE

https://youtu.be/VFx7RbXdB8E

https://youtu.be/Z_kyu7POWBM

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *