Umukobwa wagusuye nakwereka ibi bimenyetso uzamenye ko ashaka ko mutera akabariro

Abagabo cyangwa abasore bakora amakosa iyo umukobwa cyangwa umugore yabasuye bigatuma uwo mukobwa cyangwa uwo mugore atazigera abagarukira mu rugo.

Iyo umukobwa cyangwa umugore yagusuye akakwereka ko ashaka ko mukora imibonano mpuzabitsina ntushobore gusoma ibimenyetso yakweretse ngo umenye uko ubyitwaramo bizana agatotsi mu mubano wanyu.

Umukobwa/ umugore wagusuye nakwereka ibimenyetso bikurikira uzamenye icyo ashaka.

Akajipo kagufi cyangwa ikanzu ngufi

Umukobwa/umugore wagusuye akaza yambaye akajipo kagufi akenshi aba akeneye ko mutera akabariro.

Umukobwa cyangwa umugore ntukibwire ko ari umuswa mu guhitamo imyenda yambara aza kugusura, kubw’ibyo iyo ahisemo kuzana aba yayizanye kubera impamvu.

Akurambika umutwe ku rutugu cyangwa ku bibero:

Iyo umukobwa akurwamye ku rutugu cyangwa ku kibero si uko aba aba aniwe kwicara neza ahubwo abikora kugira ngo agushotore ugire icyo wibwira.

Ndataha nyuma y’ isaha imwe

Iyo umukobwa cyangwa umugore yagusuye ukumva atangiye kukubwira ko arataha nyuma y’ isaha aba agira ngo akwereke ko hari ikindi gikorwa mwakora muri iyo saha.

Abivuga kugira umenye ko mugifite umwanya uhagije.

Ndumva nshaka kuryama ariko sinshaka kukubangamira

Kuba umukobwa cyangwa umugore agusura akakubwira ko ashaka kuryama si uko aba ananiwe.

Abaye yari afite umunaniro ntabwo yaba yiriwe agusura, akubwira ko ashaka kuryama kugira ngo muge gukinira ku buriri.

Ikimenyimenyi n’umwemerera uti nta kibazo genda uryame azagenda ariko ashake ko mukomeza kuvugana.

Uziko nibagiwe gufunga neza igipesu cy’ishati

Iyo yagusuye akakubwira gutya aba agira ngo umwiteho, ibitekerezo byawe ubimwerekezeho.

Agusaba ko mubyinana indirimbo

Nagusaba ko mubyinana indirimbo ituje ni uko aba ashaka gushotora amarangamutima yawe.

Ntukwiye kubuza umukobwa cyangwa umugore kugusura kuko ntiwabaho utagira inshuti, kandi iyo akweretse ko ashaka ko muryamana ukabyirengagiza bishobora gutuma umubano wanyu uzamo agatotsi.

Nibyiza ko umenya gusoma no gusobanukirwa ibi bimenyetso ariko ugashaka uburyo umuganiriza ukamuhindurira imitekerereze kuko abantu bemerewe kuryamana ni umugore n’umugabo we gusa.

Ibindi ni ubusambanyi kandi iyo wakoze ubusambanyi n’abantu benshi hari igihe bigusenyera urugo.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook 

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/Dmf_w1XDgek

https://youtu.be/OCZmbyvaoG8

https://youtu.be/hMHdfBxUtKo

https://youtu.be/3vHUFVQ2RlQ

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *