Umukobwa w’ikizungerezi yatunguranye ahishura ko uyu muhanzi ariwe wenyine yafungurira amaguru ye akamurongora ku buntu.

Umuhanzi w’icyamamare hano muri Afurika ndetse no kw’Isi, Wizkid, yigaruriye imitima ya benshi cyane cyane b’igitsina gore ku buryo hari umwe wanze kunigwa niijambo arerura avuga ko uyu muhanzi ariwe wenyine yafungurira amaguru ye akamurongora ku buntu.

Abakunda umuziki akenshi usanga bafite abahanzi bikundira cyane aho usanga barafashe umwanya munini mu mitima yabo bitewe n’ibihangano bakoze bikababera nk’ibiyobyabwenge muribo.

Iyo bigeze ku gitsina gore ho biba akarusho, kuko usanga bakunda abahanzi b’igitsina gabo kurugero rwo hejuru bikagera naho ku mugaragaro babitangaza ko banabakorera ibidasanzwe baramutse bagize amahirwe yo guhura nabo birimo no kuryamana na bo.

Mu gihugu cya Nijeriya, umukobwa witwa Timmie yanze kunigwa n’ijambo nuko ajya ku rukuta rwe rwa Twitter agaragaza uburyo akunda umuhanzi Wizkid byahebuje ku buryo ari we wenyine yumva yakwemerera kumufungurira amaguru bakaryanama ku bushake bwe nta kiguzi.

Wizkid uzwiho gukundwa n’abakobwa beza kandi ntabapfushe ubusa dore ko ubu afite abana b’abahungu batatu yabyaranye n’abagore batatu batandukanye, rero si igitangaza no kumva uyu mukobwa Timmie kuri we, Wizkid ariwe musore yaha igitsina cye, yaramupfiriye kugeza ubwo yakwemera no kuryamana na we.

Uyu mukobwa yagiye ku rukuta rwe rwa Twitter yandikaho amagambo agira ati:

“Wizkid kuri njyewe ni we muntu wa mbere ukomeye ku isi. Niwe mugabo wenyine nshobora gufufurira amaguru yanjye ku bushake”.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

https://youtu.be/Ki-dVcWT0xA

https://youtu.be/c3AwAXvWYTU

https://youtu.be/_18mOZbl5pc

https://youtu.be/JQKoyC3ZVBo

https://youtu.be/tLZPcuI2yaE

https://youtu.be/wB8OZhhjjiE

https://youtu.be/VFx7RbXdB8E

https://youtu.be/Z_kyu7POWBM

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *