Umunyarwanda ukinira Manchester United arifuzwa n’indi kipe yo mu gihugu cy’u Bwongereza. Amafoto

Ikipe ya Ipswich Town ibarizwa muri shampiyona y’icyiciro cya gatatu mu Bwongereza (League one), irifuza gusinyisha Umunyarwanda Noam Emeran usanzwe akinira Manchester United.

Iyi kipe iheruka kwemeza Kieran McKenna wahoze ari umutoza wungirije wa Manchester United nk’umutoza wayo mukuru, akaba ari na we wifuza gusinyisha Noam Emeran muri Mutarama 2022 ubwo isoko ryo kugura no kugurisha abakinnyi rizaba ryongeye gufungura imiryango.

The Times Sport dukesha iyi nkuru ivuga ko uretse Noam, umutoza McKenna anifuza gusinyisha abandi bakinnyi babanye muri Manchester United y’abato, barimo Anthony Elanga, Tendon Mengi, Dylan Levitt na Shola Shoretire.

Noam Fritz Emeran w’imyaka 19 y’amavuko, asanzwe nka rutahizamu unyura ku ruhande. Ni umuhungu wa Nkusi Fritz Emeran wahoze ari myugariro w’iburyo w’ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ’Amavubi’.

Muri 2019 ni bwo yashyize umukono ku masezerano yo gukinira ikipe ya Manchester United, gusa ntiyabona umwanya uhagije wo gukina kubera ibibazo by’imvune.

Nko muri uyu mwaka w’imikino yakiniye Manchester United umukino umwe wonyine muri shampiyona y’abatarengeje imyaka 23.

Uwari umutoza wa Manchester United, Ole Gunnar Solskjaer, yamusinyishije mu myaka ibiri ishize amukuye mu kipe ya Amiens yo mu Bufaransa, igihugu umuryango we usanzwe utuyemo.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/45bUPa2_zPs

https://youtu.be/WfbqIQHaa8c

https://youtu.be/5hCBIj43gRE

https://youtu.be/2XX5Aa1v59o

https://youtu.be/IF0iRpc-ltw

https://youtu.be/8UBSIQjeJ-Y

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/Kc5CDmg7JgA

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *