Umunyarwandakazi w’ikizungerezi ukora kuri NTV yatamajwe bikomeye cyane kubera amafoto aheruka gushyira ku mbuga nkoranyambaga

Umunyamakuru wa Televiziyo NTV muri Uganda, Uwamahoro Lynda uzwi nka Lynda Ddane, yatamajwe n’umuntu wabeshyuje ko inzu aheruste gushyira ku mbuga nkoranyambaga iye, ahubwo ari iy’umuryango we wubatse.

Uwamahoro Lynda ni umwe mu bakobwa b’uburanga ugaragara mu ndirimbo Mu ndaawo ya B2C Kampala Boys

Mu ntangiro z’umwaka wa 2022, Uwamahoro yashyize hanze, amafoto y’inzu icyubakwa, avuga ngo ” Iri ni itangiririro ryiza.” Ni inzu nini yaba irimo za aparitema cyangwa ikaba yagirwa na hoteli.

Mu gihe bamwe bari babisamiye hejuru bamushimira ko ari umukobwa uzi kwirwanaho, umwe mu bazi neza iby’iyo nzu, yavuze ko iyi nzu atari iy’uyu mukobwa.

Uyu yatangarije Blizz ko uyu mukobwa ari kurata umutungo w’umuryango, atari uwe bwite.

Yagize ati: “Iriya nzu izaba ari hoteli ye gusa amafaranga yayubatse si aye. Ni ay’umuryango. Se yari umukire ari na we utera inkunga ibintu bye byose”.

Iyi nzu irabarirwa muri za miliyari z’amashilingi. Ni ingingo yatumye hibazwa niba koko Uwamahoro yabasha kuyigondera binyuze mu gukora mu kiganiro “The Beat” kuri NTV no mu bitaramo.

Hari amakuru avuga ko Lynda Ddane afite inkomoko mu Rwanda. Se akaba ari umwe mu bagabo bakoze bikamuhira mu bijyanye na shuguli z’amazu mu Mujyi wa Kampala.

Se wa Uwamahoro na we ayo mafaranga yari yarayakomoye ku babyeyi be bo mu Rwanda, akayashora muri Kampala. Yitabye Imana mu mwaka ushize ndetse hari amakuru avuga ko yanashyiguwe mu Rwanda.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/45bUPa2_zPs

https://youtu.be/5hCBIj43gRE

https://youtu.be/2XX5Aa1v59o

https://youtu.be/IF0iRpc-ltw

https://youtu.be/8UBSIQjeJ-Y

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *