Uwahoze ari umutoza w’abatarengeje imyaka 17 muri Gabon arashinjwa gusambanya abana Magana

Umutoza ukomeye w’umupira w’amaguru muri Gabon, Patrick Assoumou Eyi, uzwi cyane ku kabyiniro ka Capello, arakekwaho kuba yarakoreye ihohotera rishingiye ku gitsina abana babarirwa muri magana kandi umukuru w’igihugu kuwa Gatanu yasabye ubutabera gufungura iperereza no kurigeza muri federasiyo zose za siporo mu gihugu, hakarandurwa icyo yita “inyamanswa z’ubusambanyi”.

Minisitiri w’imikino, Franck Nguema, yatangarije abanyamakuru ati: “Patrick Assoumou Eyi (…), umutoza w’ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 17 kugeza mu 2017, yaba yarahohoteye abahungu babarirwa mu magana mu rwego rw’imirimo ye yo gutoza umupira w’amaguru”.

Perezida wa Repubulika, Ali Bongo Ondimba, kuri we “iyi dosiye iremereye kandi bitemewe”, yategetse Nguema “kwegera minisitiri w’ubutabera kugira ngo hatangizwe iperereza ry’ubucamanza mu muryango w’umupira w’amaguru w’igihugu kubera ihohoterwa rishingiye ku gitsina rimaze kuba ryakorewe abana, abahungu n’abakobwa, hagamijwe kumenya abashobora kuba bakora ibyo byaha bibi“.

Bwana Nguema yongeyeho ati: “Namusabye kandi … kwagura iperereza kuri federasiyo z’imikino zose mu gihugu kuko ubungubu, ikigamijwe ari ukurandura inyamanswa z’ubusambanyi mu miryango y’igihugu ya siporo”.

Iki kibazo cyashyizwe ahagaragara kuwa kane ushize n’ikinyamakuru The Guardian cyo mu Bwongereza.

Abahohotewe bavuganye na The Guardian bavuga ko batavuganye na polisi y’igihugu kubera ko batizeye ubutabera bwa Gabon nk’uko byatangajwe na Nguema.

Uregwa uzwi cyane mu mupira w’amaguru muri Gabon ku kabyiniriro ka “Capello”, Patrick Assoumou Eyi, izina rye ryashyizwe ahagaragara mu nkuru ya The Guardian, yari umutoza w’ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 17 kugeza muri 2017, kuva icyo gihe akaba umuyobozi wa tekinike mu Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru rya Estuaire, intara y’umurwa mukuru Libreville.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/45bUPa2_zPs

https://youtu.be/WfbqIQHaa8c

https://youtu.be/5hCBIj43gRE

https://youtu.be/2XX5Aa1v59o

https://youtu.be/IF0iRpc-ltw

https://youtu.be/8UBSIQjeJ-Y

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/Kc5CDmg7JgA

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *