Uwase Jassy yaciye igikuba kuri twiter nyuma yuko atinyutse ashyira hanze amafoto yambaye nkuko Adam na Eva

Ashobora gufungwa imyaka 3: Uwase Jassy yaciye igikuba kuri twiter nyuma yuko abaye umukobwa wambere w’Umunyarwandakazi watinyutse ashyira hanze amafoto yambaye nkuko Adam na Eva bari bambaye ubwo baryaga urubuto 

Abafotozi babona byinshi koko! Uwase Jassy yabaye umukobwa wambere w’Umunyarwandakazi watinyutse ashyira hanze amafoto yambaye nkuko Adam na Eva bari bambaye. 

Umunyamiderikazi akaba n’umu Actress wifashishwa mu masho y’indirimbo na filime, Uwase Jessy akomeje gutungurana cyane ku mbuga nkoranyambaga cyane cyane kuri Twitter nyuma yuko ariwe mukobwa ukomeje gutinyuka kwifotoza yambaye uko yavutse. 

Benshi cyane bakomeza kuvuga ko ibi bitazamuhira ariko we akavuga ko nta muntu ukwiye kumwinjirira mu buzima kuko ngo niba aticira urubanza wowe udakwiye kurumucira. Ariko nanone abafana be ntibahwema kumubwira ko ari kwikururira RIB. 

Gusa usanga abamenyereye ibintu bibera muri Show Biz batabikomeza kuko babiziko bikorwa cyane. 

Reba ayo mafoto unyuze hano: 

Ushyira amashusho y’ubwambure bwe ku mbuga nkoranyambaga ashobora kujya afungwa imyaka itatu 

Mu minsi ishize, nibwo Guverinoma y’u Rwanda iri mu rugendo rwo kuvugurura Itegeko riteganya ibyaha n’ibihano muri rusange, ahazashyirwamo ibyaha bishya bitari bisanzwe muri iki gitabo birimo icyo kwiyandarika. 

Umushinga w’itegeko watangiye gusuzumwa n’Abadepite bagize Komisiyo ya Politiki, Uburinganire n’Ubwuzuzanye bw’Abagabo n’Abagore mu Iterambere ry’Igihugu. 

Ni itegeko rizaba riteganya ibikorwa bifite ingaruka mbi ariko itegeko ririho ritigeze riteganya nk’ibyaha kandi nyamara bigaragara ko bene ibi bikorwa bigenda byiyongera, birimo no kwiyandarika mu ruhame. 

Itegeko rishya risobanura ko umuntu, mu ruhame, wambara ubusa buri buri, ugaragaza imyanya ndangagitsina ku bushake, cyangwa ukora imibonano mpuzabitsina, aba akoze icyaha. 

Iyo abihamijwe n’urukiko ahanishwa igifungo kitari munsi y’umwaka 1 ariko kitarenze imyaka itatu n’ihazabu itari munsi y’ibihumbi 300Frw ariko itarenze ibihumbi 500Frw cyangwa kimwe gusa muri ibyo bihano. 

Kugeza ubu ikintu abantu benshi bibaza ni ukumenya ibizajya bishingirwaho harebwa niba koko umuntu yakoze ibikorwa byo kwiyandarika mu ruhame. 

Depite Ndoriyobijya Emmanuel yagize ati ‘‘Kwiyandarika bihera he bikagarukira he? Ni ibiki turashyira muri iri tegeko ku buryo tuzajya tuvuga ngo umuntu wiyandaritse kuri uru rwego azajya ahanwa n’iri tegeko.’’ 

Umuvugizi w’Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, Dr Murangira Thierry yavuze ko kuri ubu hari ibyaha bishya bikorerwa ku mbuga nkoranyambaga ku buryo hakenewe amategeko abikumira. 

Ati “Hari ibyaha birimo kugenda byaduka bishingiye no ku mbuga nkoranyambaga ubona bikwiriye guhanwa […] kuko ababikora baba bagambiriye ikibi.’’ 

“Ujya kubona ukabona umuntu yifashe amafoto yambaye ukuntu, agira ibyo yikora akayakwirakwiza muri Sositeye, urabireba ukavuga uti ni ibijyanye n’Isi tugezemo”. 

Dr Murangira yavuze ko ibyaha bikorerwa ku mbuga nkoranyambaga bikomeje gufata indi ntera ku buryo ari ibintu abantu badakwiye kurebera gutyo. 

Yatanze urugero rw’uherutse gutabwa muri yombi ashinjwa kwandika ubutumwa bushishikariza abantu gusambanya abana. 

Ati “Kuko yumva ngo ni urukuta rwe akumva ko atahanwa. Hariho ibyaha by’urukozasoni ubona ko tutareka muri Sosiyete Nyarwanda, ikigamijwe ni uko yaba yubaha amategeko, umuco Nyarwanda ndetse no gutinya icyaha.’’ 

“Hari ibyo umuntu akora, ukabona yifashe amafoto yambaye ubusa, wenda yahishe mu maso, yarangiza akabikwirakwiza. Ukibaza nk’ibyo bintu, ntabwo twabireka. Ni muri ubwo buryo bw’urukozasoni bigenda byaduka bitijwe umurindi n’Isi turimo y’ikoranabuhanga.’’ 

Icyo gihe Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Itegeko Nshinga n’andi Mategeko muri Minisiteri y’Ubutabera, Nyirahabimana Solina yavuze ko itegeko rishya rizafasha mu gukumira ibi byaha no kubihana mu gihe hari abarirenzeho bakabikora. 

INKURU NZIZA 

Muntu uba muri iyi si y’ikoranabuhanga ukaba udakora mining ya cryptocurrency waracikanwe. 

Ubundi ku bantu batabizi, mining ni uburyo bukoreshwa muri cryptocurrency, nk’ubucukuzi bw’amafaranga atangwa ku buntu nta gishoro watanze.  

Icyo wowe ukora ni ugukanda ku ijambo mine gusa ubundi amafaranga y’ubunu akaba downloaded icyo gihe uba uri gucukura icyo bita coin. Izo coin nizo uvunjamo amafaranga ku buntu  

Habaho coin nyinshi zikorerwa mining nzagenda nzibereka gacyegacye bitewe nuko nzajya mbanza nkayikoraho ubushakashatsi nkamenya ko ifite gahunda ifatika, ndetse binatewe n’umubare w’abakoresha Username yanjye mu gihe bagiye gutangira urugendo rwa mining.  

Nk’ubu nawe iyo wakora ukaba uyicukura ni pi network: Icyo nkubwira nuko iyo umaze kwiyandikisha buri masaaha 24 wajya ugenda kuri app yayo ugakanda ijambo mine mine gusa ubundi amafaranga akidownlodinga mu masaha 24 akurikiyeho.  

Waca kuri iyi link unyuze hano ubundi ukoreshe iyi username (Yamini01234) nka invitation code, nawe ugatangira ugacukura amafaranga y’ubuntu  

Iyo ufunguye account udakoresheje iyo Username ntabwo umutekano w’amafaranga wamininze uba wizewe, ndetse n’ingano y’amafaranga udownloadinga agahita yiyongera kuko iyo ukoresheje iriya Username utangirana Pi imwe ihwanye n’Amadorali 40. 

Buri munsi usabwe kujya wibuka gukanda ku ijambo mine kugirango ukomeze kudownloadinga amafaranga y’ubuntu, igihe cyo kubikuza tuzababwira uburyo bikorwa. 

Ku bindi bisobanuro twandikire kuri WhatsApp: +254700212775 

 

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya. Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu. 

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *