Uwashyize hanze ubwambure bw’Umunyarwandakazi Kantengwa Judith yashyize hanze ubw’undi mukobwa w’ikizungerezi.

David The Hacker, Umuntu umaze kuba ikimenyabose nk’umuravumba ku bwo gushyira hanze amafoto y’abakobwa bazwi cyane bambaye ubusa, yashyize hanze ay’undi mukobwa witwa Kim Hun London nyuma y’ay’Umunyarwandakazi, Kantengwa Judith Heard mu minsi mike.

Kim Hun London usanzwe ari umunyamideli akaba n’umwe mu bifashishwa mu mashusho y’indirimbo, hinjiriwe konti ye ya Snapchat na Instagram, amashusho n’amafoto by’iyi nkumi y’ikimero, ajya ku karubanda harimo aho yikora ku gitsina.

Izi konti zinjiriwe mu byumweru bike bishize, amashusho yanyujijwe kuri konti ya Snapchat ya Kim, naho kuri Twitter y’umu-hacker, hanyuzwa amashusho.

Kim nk’uko Bliss ibitangaza, yemeye ko konti ze zinjiriwe gusa kwari nko guhomera iyonse kuko amashusho yari yamaze kujya hanze kare.

Kim yagize ati: “Konti yanjye ya Snapchat ya kere yinjiriwe, munyihanganire. Ndi mu gahinda, ntabwo meze neza”.

Muri ayo mashusho, Kim agaragara abyina, hejuru nta kintu yambaye ari muri rwogero.

Kugeza ubu haribazwa umuntu ukomeje kwandagaza aba banyamideli uwo ari we n’icyaba kibimutera.

Kim ni umunyamideli akaba n’umwe mu bakobwa bagaragaye mu mashusho y’indirimbo Watto ya Beenie Gunter yo mu 2018, yarebwe n’ibihumbi 53.

Mu minsi ishize, nibwo amafoto y’Umunyamideli wo muri Uganda ufite inkomoko mu Rwanda, Kantengwa Judith Heard, yongeye kuboneka ku mbuga.

Uyu munyamideli avuga ko hari aba-hacker binjiriye ububiko bwe bw’amafoto, bayakwirakwiza bakoresheje konti ya Twitter avuga ko atari we uyigenzura.

Kantengwa yasabye imbabazi rubanda ko atari byiza kuba ibyo byabayeho kandi byarigeze no kubaho mbere.

Kuri Facebook yagize ati: “Konti yanjye ya Twitter sinjye uyigenzura. Hari umuntu uri kuyikoresha ashyira hanze amafoto y’ubwambure bwanjye”.

“Ndasaba imababazi kuko nziko ari ubwa kabiri bibayeho gusa munyumve rwose nkeneye ubufasha bwanyu”.

Kuri ubu haribazwa uko byagenze ngo uwo mu-hacker atware konti ya Kantengwa ndetse agere n’aho ayo mafoto y’ubwambure abitse.

Judith Heard afite abana batatu barimo babiri b’impanga (Bituma bamwe bamwita Nalongo) n’umwe arera.

Avuka kuri se w’Umunyarwanda na nyina w’umugandekazi. Ise umubyara yishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda muri 1994, nyina aba muri Uganda.

Ni umunyamideli ukomeye muri Afurika, ni umunyamakuru akaba ari na Rwiyemezamirimo.

Ubwo amashusho y’ubwambure bwe yajyaga ku karubanda bwa mbere, byaramugoye cyane ko yahaswe ibibazo kuri iyo migirire.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu, cyangwa ukande hano ukore subscribe kuri Youtube Channel yacu

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook 

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *