Kavune umuheto – Intambara y’amagambo hagati ya Elon Musk na Perezida Zelensky wa Ukraine

Umuyobozi Mukuru wa Soyete ya Tesla, Elon Musk yateranye amagambo n’abayobozi bakuru muri Ukraine barimo Perezida Volodymyr Zelensky nyuma yo gutanga igiterezo cy’uburyo yumva Ukraine n’u Burusiya byakumvikana bigahagarika intambara.

Elon Musk abinyujije kuri Twitter, yashyizeho uburyo bwo gutora ngo abamukurikira bagaragaze niba bashyigikiye igitekerezo cy’uburyo Ukraine n’u Burusiya byakemura amakimbirane bimazemo iminsi.

Yavuze ko we yumva abaturage ba Ukraine bakwemererwa gutora bagaragaza niba bashyigikiye ko u Burusiya bugumana uduce bumaze kwiyomekaho twa Ukraine, intambara igahagarara.

Musk yasabye abamukurikira gutora ariko agaragaza ko we abona nubundi Ukraine idashobora gutsinda, bityo ko aho kugira ngo hapfe abantu benshi byakorwa hakiri kare, intambara igahagarara.

Mu batoye bagaragaza aho bahagaze, 36.8 % nibo bemeranyije na Musk mu gihe 63.2 % berekanye ko batabyumva kimwe na we.

Iryo tora ryo kuri Twitter n’ibitekerezo yashyizeho, byateje uburakari benshi mu bayobozi by’umwihariko abo muri Ukraine.

Perezida Zelensky na we yahise anyuza kuri Twitter ubundi buryo bwo gutora, abaza abamukurikira ati: “Elon Musk mushyigikiye ni uwuhe? Ni ushyigikiye Ukraine cyangwa ushyigikiye u Burusiya?”.

Ibyavuye mu matora ya Zelensky byerekana ko 85.7 % bashyigikiye Elon Musk wakabaye ashyigikiye Ukraine mu gihe 14.3 % batoye Musk wakabaye ashyigikiye u Burusiya.

Abandi bayobozi bakuru muri Ukraine bababajwe n’ubwo butumwa bwa Musk, aho nka Andrij Melnyk uherutse kwirukanwa nka Ambasaderi wa Ukraine mu Budage yagize ati: “Kavune umuheto nicyo gisubizo naguha Elon Musk”.

Nubwo byagenze gutyo, hari abandi bagaragaje ko Ukraine ikabya cyane mu gukomeza kugendera mu myumvire y’abanyaburayi yo guhangana aho kureba icyakemura amakimbirane mu buryo burambye.

Perezida Zelensky aherutse kuvuga ko adashobora kujya mu biganiro n’u Burusiya mu gihe buzaba bukiyobowe na Perezida Vladimir Putin.

Murakaza neza kuri Amazuku Community. kuri uru rubuga nkoranyambaga, Mushobora kuganira n’inshuti (Chat), Gusaba ubushuti (Friend reuest) mukanazisangiza amafoto na videos ari nako mukorera amafaranga… Mu nkuru zacu zikurikiraho tuzabagezaho ibisabwa byose kugirango umuntu abashe guhembwa akayabo kamafaranga kuri Amazuku. Icyo musabwa ni ukubanza mukiyandikisha mu bambere.

Iyandikishe unyuze hano kandi ntiwibagirwe gusura E-mail yawe kugirango ubashe gukora verification ukanze kuri link wohererezwa na Amazuku.  https://amazuku.com/register/

 

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu, cyangwa ukande hano ukore subscribe kuri Youtube Channel yacu

Ushobora no kuganira natwe unyuze hano (Ubanza kwiyandikisha kuri uru rubuga nkoranyambaga amazuku.com unyuze hano, aho ushobora no kuganiriraho n’inshuti zawe)

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060

KUPANUA umuti wizewe mukongera ingano y’igitsina   

Niba uziko ufite ikibazo cy’ubugabo bwabaye bugufi bishobora guterwa n’indwara cg gusiramurwa nabi cg ugasanga ariko wisanze .duhamagare turagufasha kuko Ibyo ntibikiri ikibazo.

Buriya ni ko kuri reka mbivuge, Hari abagore n’abakobwa bakunda cyangwa se baryoherwa n’imibonano mpuzabitsina mu gihe bayikoranye n’umusore cyangwa umugabo ufite igitsina kinini.

Urugero: Umugore/Umukobwa bafite mu matako hanini ntabwo yanyurwa n’imibonano igihe ayikoranye na we umusore/umugabo ufite igitsina kigufi.

Amahirwe dufite na bwo atarambye ni uko umukobwa/umugore atapfa kukubwira ko atanyurwa bitewe n’ingano y’igitsina cyawe, ariko n’ubundi amaherezo birangira aguciye inyuma.

Icyo ntabwo kikiri ikibazo kuko igisubizo kiri mu maboko yawe.

KUPANUA ni product twakuzaniye iturutse mu Bu shinwa. Ikaba ikemura icyo kibazo cyo kugira ubugabo bugufi cyangwa bunanutse.

Va kuri bya bindi ku ko iyi yo izaguha umunezero hagati yawe n’umukunzi cg na madamu wawe.

Hagarara ku izina ryawe ube umugabo uhamye Kandi ufite ijambo.

Ikindi nakubwira kuri iyi product   ya Kupanua iri oil ni uko icyo kibazo igikemura kabone n’ubwo waba waravutse ariko umeze, warasiramuwe nabi se cyangwa byarizanye mu bundi buryo.

Iyi product wayibona ku giciro cya 30000 Frw

Twandikire/Duhamagare kuri +250788920788

Niba kandi ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro koresha REVIVE capsules (Ni Umwe mu miti Gakondo y’abashinywa yizewe ku rwego Mpuzamahanga Mugezwaho N’Ivuriro Fukang Healthcare)

REVIVE ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa Epimedium. N’igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w’ibihingwa bizwi nka berberidacea kiboneka mu majyepfo y’Ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya Aziya.

REVIVE yongera ogisijeni (Oxygen) mu maraso.

REVIVE irinda kandi ikavura gusohora imburagihe ndetse ikanavura ingaruka ziterwa no kwikinisha.

IBYIZA BYO GUKORESHA REVIVE:

Ikiza gusohora imburagihe no gucika intege utera akabariro.

Yongera libido (Ubushake) ku kigero cyo hejuru.

Yongera umusaruro w’intanga mu bwiza n’ubwinshi.

Ihangana n’ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro

Gukoresha revive  bikakurinda gupfubya uwo muhuye.

REVIVE IGIZWE N’IBININI 10

UKO IFATWA:

Unywa ikinini kimwe mu minsi ine, ukakinywesha amazi y’akazuyaze.

Niba wiyumva nkutakibasha gushimisha uwo mwashakanye cg se umukunzi (partner) wawe,

Wizuyaza kuduhamagara cg se kutwandikira ngo tugufashe!

N.B ubaye ufite ikindi kibazo kihariye kigendanye n’ubuzima waca mugikari tukabiganiraho Birambuye.

Aho uherereye hose imiti yacu yakugeraho.

Iyi product wayibona ku giciro cya 40000 Frw

Call & WhatsApp Number:

+250788920788

 

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *