Umugenzi yaparitse indege nyuma y’uko pilote wayo yarwaye

Ku cyumweru, umugenzi yashoboye guparika indege yihariye ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Raleigh-Durham muri Amerika,nyuma y’uko umupilote wari uyitwaye,yarwaye. 

Ntibiramenyekana ubwoko bw’uburwayi uyu mupilote witwa Joe Izatt, yagize mu gihe yari atwaye indege, ariko yaje gupfa. 

Umugenzi waparitse iyo ndege, ni we muntu wenyine wari muri iyo ndege nto, Cirrus SR-20, yaparitse mu nzira ya kabiri ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Raleigh-Durham,muri North Carolina. 

RDU ivuga ko inzira zose zagumye zifunguye kandi nta ngaruka uko guparika kwagize ku bikorwa by’indege. 

Indege yanditswe muri Izatt na Coherent Aviation, ifite icyicaro i Raleigh. 

Izatt yasize umugore n’abana batatu,nkuko WRAL News yabivuze. 

INKURU NZIZA 

Muntu uba muri iyi si y’ikoranabuhanga ukaba udakora mining ya cryptocurrency waracikanwe. 

Ubundi ku bantu batabizi, mining ni uburyo bukoreshwa muri cryptocurrency, nk’ubucukuzi bw’amafaranga atangwa ku buntu nta gishoro watanze.  

Icyo wowe ukora ni ugukanda ku ijambo mine gusa ubundi amafaranga y’ubunu akaba downloaded icyo gihe uba uri gucukura icyo bita coin. Izo coin nizo uvunjamo amafaranga ku buntu  

Habaho coin nyinshi zikorerwa mining nzagenda nzibereka gacyegacye bitewe nuko nzajya mbanza nkayikoraho ubushakashatsi nkamenya ko ifite gahunda ifatika, ndetse binatewe n’umubare w’abakoresha Username yanjye mu gihe bagiye gutangira urugendo rwa mining.  

Nk’ubu nawe iyo wakora ukaba uyicukura ni pi network: Icyo nkubwira nuko iyo umaze kwiyandikisha buri masaaha 24 wajya ugenda kuri app yayo ugakanda ijambo mine mine gusa ubundi amafaranga akidownlodinga mu masaha 24 akurikiyeho.  

Waca kuri iyi link unyuze hano ubundi ukoreshe iyi username (Yamini01234) nka invitation code, nawe ugatangira ugacukura amafaranga y’ubuntu  

Iyo ufunguye account udakoresheje iyo Username ntabwo umutekano w’amafaranga wamininze uba wizewe, ndetse n’ingano y’amafaranga udownloadinga agahita yiyongera kuko iyo ukoresheje iriya Username utangirana Pi imwe ihwanye n’Amadorali 40. 

Buri munsi usabwe kujya wibuka gukanda ku ijambo mine kugirango ukomeze kudownloadinga amafaranga y’ubuntu, igihe cyo kubikuza tuzababwira uburyo bikorwa. 

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.  

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *