Umupolisi yarasiye mu kabari nyuma y’uko telefone ye ifatiwe ubwo yishyuzwaga akabura ayo kwishyura

Umupolisi wari ufite umujinya mwinshi yarasiye mu kabari ko mu Ntara ya Narok,muri Kenya, nyuma y’uko telefone ye ifatiwe kubera ko yananiwe kwishyura fagitire y’amashilingi 220 ya Kenya. 

Raporo y’abapolisi ivuga ko Dennis Imai yasuye JJ Wines and Spirits ahagana mu ma saa kumi n’ebyiri z’umugoroba wo ku cyumweru, ubwo Jackline Jemeli yahise amwambura telefone ye kugira ngo yishyure inzoga yari yabanje kunywa. 

Iyi Raporo igira iti: “Uyu mupolisi wavuzwe yavuye muri ako kabari yongera kugaruka nyuma y’iminota 30 yambaye impuzankabo z’akazi kandi yitwaje imbunda ari kumwe n’umuntu utwara bodaboda utazwi.” 

Bivugwa ko Imai yasabye ko yasubizwe telefone ye mu gihe uwayimwambuye akibitekerezaho yahise atangira kurasa mbere y’uko utwara boda-boda amuhungisha. 

Icyakora nta muntu wapfuye cyangwa wakomerekeye muri uko kurasa. 

Hagati aho hatangiye iperereza ku byabaye. 

Muntu uba muri iyi si y’ikoranabuhanga ukaba udakora mining ya cryptocurrency waracikanwe. 

Ubundi ku bantu batabizi, mining ni uburyo bukoreshwa muri cryptocurrency, nk’ubucukuzi bw’amafaranga atangwa ku buntu nta gishoro watanze.  

Icyo wowe ukora ni ugukanda ku ijambo mine gusa ubundi amafaranga y’ubunu akaba downloaded icyo gihe uba uri gucukura icyo bita coin. Izo coin nizo uvunjamo amafaranga ku buntu  

Habaho coin nyinshi zikorerwa mining nzagenda nzibereka gacyegacye bitewe nuko nzajya mbanza nkayikoraho ubushakashatsi nkamenya ko ifite gahunda ifatika, ndetse binatewe n’umubare w’abakoresha Username yanjye mu gihe bagiye gutangira urugendo rwa mining.  

Nk’ubu nawe iyo wakora ukaba uyicukura ni pi network: Icyo nkubwira nuko iyo umaze kwiyandikisha buri masaaha 24 wajya ugenda kuri app yayo ugakanda ijambo mine mine gusa ubundi amafaranga akidownlodinga mu masaha 24 akurikiyeho.  

Waca kuri iyi link unyuze hano ubundi ukoreshe iyi username (Yamini01234) nka invitation code, nawe ugatangira ugacukura amafaranga y’ubuntu  

Iyo ufunguye account udakoresheje iyo Username ntabwo umutekano w’amafaranga wamininze uba wizewe, ndetse n’ingano y’amafaranga udownloadinga agahita yiyongera kuko iyo ukoresheje iriya Username utangirana Pi imwe ihwanye n’Amadorali 40. 

Buri munsi usabwe kujya wibuka gukanda ku ijambo mine kugirango ukomeze kudownloadinga amafaranga y’ubuntu, igihe cyo kubikuza tuzababwira uburyo bikorwa. 

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.  

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *