Umusore yarasiye mu rukiko uwaburanaga ashinjwa kwica umubyeyi we mu rwego rwo kwihorera.

Umusore yasanze mu rukiko uwishe se amurasa amasasu menshi mu rwego rwo kwihorera. 

Nk’uko CNN Brazil ibitangaza, Cristiano Alves Terto w’imyaka 27 y’amavuko yagaragaye arasa amasasu atandatu kuri Francisco Cleidivaldo Mariano De Moura w’imyaka 38, ubwo yari imbere y’abacamanza mu rubanza rw’abishe se i São José do Belmonte, muri Burezili. 

Ibi byabaye ku ya 29 Ugushyingo 2023, ariko amashusho y’iraswa ry’uyu muntu yashyizwe hanze muri iki cyumweru. 

Amashusho yaturutse imbere mu rukiko agaragaza Terto yiruka yerekeza imbere afite imbunda ya 38-caliber revolver ayitunga De Moura,wari wicaye intambwe nke hafi y’umucamanza n’umwavoka. 

Abantu bari mu cyumba cy’urukiko bahise batangira guhunga mu gihe abacamanza n’abakozi b’urukiko batatanye ubwo Terto yihoreraga n’uburakari kuri De Moura. 

Terto yarashe andi masasu kuri De Moura mbere y’uko agwa yaguye hasi. 

De Moura yaguye inyuma y’intebe y’abacamanza, ariko Terto arihuta cyane maze amurasa andi masasu abiri mu mutwe. 

Uyu musore yahise asohoka mu cyumba cy’urukiko, mu gihe abagore babiri bagerageje kumujyana kure ya De Moura mu gihe yamusaga bagaragaye basa nk’abafite ubwoba. 

Polisi ya Pernambuco yatangarije CNN Brazil ko Terto yahise afatwa n’abapolisi maze atabwa muri yombi akekwaho kwica. 

Terto yafunzwe bukeye bwaho araswa kandi kuva icyo gihe yagumye muri gereza. 

Muntu uba muri iyi si y’ikoranabuhanga ukaba udakora mining ya cryptocurrency waracikanwe. 

Ubundi ku bantu batabizi, mining ni uburyo bukoreshwa muri cryptocurrency, nk’ubucukuzi bw’amafaranga atangwa ku buntu nta gishoro watanze.  

Icyo wowe ukora ni ugukanda ku ijambo mine gusa ubundi amafaranga y’ubunu akaba downloaded icyo gihe uba uri gucukura icyo bita coin. Izo coin nizo uvunjamo amafaranga ku buntu  

Habaho coin nyinshi zikorerwa mining nzagenda nzibereka gacyegacye bitewe nuko nzajya mbanza nkayikoraho ubushakashatsi nkamenya ko ifite gahunda ifatika, ndetse binatewe n’umubare w’abakoresha Username yanjye mu gihe bagiye gutangira urugendo rwa mining.  

Nk’ubu nawe iyo wakora ukaba uyicukura ni pi network: Icyo nkubwira nuko iyo umaze kwiyandikisha buri masaaha 24 wajya ugenda kuri app yayo ugakanda ijambo mine mine gusa ubundi amafaranga akidownlodinga mu masaha 24 akurikiyeho.  

Waca kuri iyi link unyuze hano  ubundi ukoreshe iyi username (Yamini01234) nka invitation code, nawe ugatangira ugacukura amafaranga y’ubuntu  

Iyo ufunguye account udakoresheje iyo Username ntabwo umutekano w’amafaranga wamininze uba wizewe, ndetse n’ingano y’amafaranga udownloadinga agahita yiyongera kuko iyo ukoresheje iriya Username utangirana Pi imwe ihwanye n’Amadorali 40. 

Buri munsi usabwe kujya wibuka gukanda ku ijambo mine kugirango ukomeze kudownloadinga amafaranga y’ubuntu, igihe cyo kubikuza tuzababwira uburyo bikorwa. 

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.  

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *