Urubyiruko rwo mu duce dutandukanye tw’igihugu ruravuga ko ruri guhangana n’ubushomeri rwifashishije impyiko zarwo

Bamwe mu rubyiruko rwo mu duce dutandukanye turimo agace kitwa Kipkenyo mu Ntara ya Ausin Gishu mu gihugu cya Kenya, rwayobotse inzira yo kugurisha impyiko zabo kugira ngo bikure mu bukene, aho bazigurisha bagahita baguramo Moto yo gutwara kugira ngo babone amaramuko ndetse bavuga ko bahita babona igishoro byihuse. 

Amakuru avuga ko urwo rubyiruko rudafite akazi rwayobotse iyi nzira kuri bimwe mu bigo bigura bikanazicuruza hanyuma bikazohereza hanze y’igihugu batuyemo. 

Umwe mu rubyiruko witwa Joseph Japiny, watanze ubuhamya yagize ati “Nibyo koko urubyiruko muri iyi minsi kubera ubukene buhari twahisemo kugurisha impyiko zacu hanyuma amafaranga tubonye tukayaguramo Moto ikadufasha mu kwiteza imbere. Kuko n’ubundi gukenana impyiko ebyiri n’imwe yakora ngo nta mibare yaba irimo.” 

Nanone aya makuru akomeza avuga ko ubusanzwe ibyo bigo bigura impyiko ku Mashilingi Miliyoni imwe ariko kubera ko urubyiruko ruba rushaka kubona amafaranga byihuse ngo barabahenda kuko bazibagurira ku Mashilingi angana n’ibihumbi magana biri kugeza ku Mashilingi ibihumbi maganarindwi. 

Hari Raporo yakozwe n’ikigo ISS cyavuze ko cyakiriye ibirego bigera ku 100 bivuga kubijyanye n’icuruzwa ry’impyiko zoherezwa hanze y’igihugu mu buryo bunyuranyije n’amategeko nkuko ikinyamakuru Rubanda dukesha iyi nkuru kibitangaza. 

Umwaka ushize wa 2023 muri Tanzania, leta yari ihangayikishijwe n’urubyiruko rwirirwaga ruhamagara ku bitaro rubaza niba nta murwayi ukeneye impyiko ngo baze bamufashe kuyihabwa 

INKURU NZIZA 

Muntu uba muri iyi si y’ikoranabuhanga ukaba udakora mining ya cryptocurrency waracikanwe. 

Ubundi ku bantu batabizi, mining ni uburyo bukoreshwa muri cryptocurrency, nk’ubucukuzi bw’amafaranga atangwa ku buntu nta gishoro watanze.  

Icyo wowe ukora ni ugukanda ku ijambo mine gusa ubundi amafaranga y’ubunu akaba downloaded icyo gihe uba uri gucukura icyo bita coin. Izo coin nizo uvunjamo amafaranga ku buntu  

Habaho coin nyinshi zikorerwa mining nzagenda nzibereka gacyegacye bitewe nuko nzajya mbanza nkayikoraho ubushakashatsi nkamenya ko ifite gahunda ifatika, ndetse binatewe n’umubare w’abakoresha Username yanjye mu gihe bagiye gutangira urugendo rwa mining.  

Nk’ubu nawe iyo wakora ukaba uyicukura ni pi network: Icyo nkubwira nuko iyo umaze kwiyandikisha buri masaaha 24 wajya ugenda kuri app yayo ugakanda ijambo mine mine gusa ubundi amafaranga akidownlodinga mu masaha 24 akurikiyeho.  

Waca kuri iyi link unyuze hano ubundi ukoreshe iyi username (Yamini01234) nka invitation code, nawe ugatangira ugacukura amafaranga y’ubuntu  

Iyo ufunguye account udakoresheje iyo Username ntabwo umutekano w’amafaranga wamininze uba wizewe, ndetse n’ingano y’amafaranga udownloadinga agahita yiyongera kuko iyo ukoresheje iriya Username utangirana Pi imwe ihwanye n’Amadorali 40. 

Buri munsi usabwe kujya wibuka gukanda ku ijambo mine kugirango ukomeze kudownloadinga amafaranga y’ubuntu, igihe cyo kubikuza tuzababwira uburyo bikorwa. 

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.  

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu,

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *