Biciye munzira zigoye kuri ubu Injyana ya AfroGako yabonye nyirayo nyuma y’impaka z’urudaca ku mbuga nkoranyambaga

Hashize minsi hari impaka z’urudaca ku mbuga nkoranyambaga no mu itangazamakuru hibazwa uwaba yaratangije injyana ya AfroGako hagati ya Noopja na Producer Element, dore ko usanga buri wese avuga ko ari iye gusa ukuri guhari ni uko mu buryo bw’amategeko, AfroGako yanditse mu mazina ya Noopja. 

Bijya gutangira, byatangiye ubwo Element yari akibarizwa muri Country Records, atangaza ko hari injyana nshya ari gukoraho yitwa ‘AfroGako’ azamurikira abantu mu minsi iri imbere gusa byaje kurangira avuye muri Country records yerekeza muri 1:55 AM itarajya hanze. 

Mu minsi mike hasohotse indirimbo ‘Abahungu’ ya Juno KIzigenza yakorewe muri country records, ikorwana na Producer Pakkage, ndetse bahita batangaza ko ari yo ndirimbo ya mbere bakoze mu njyana ya ‘AfroGako’ batangarije abantu ko bazabamurikira.  

Gusa icyo gihe Element yahise yandika ubutumwa ku mbuga nkoranyambaga ze, avuga iyo atari yo ‘AfroGako’ ya nyayo yababwiraga ko ari gukoraho, avuga ko iya nyayo yavugaga izajya hanze vuba. 

Ntibyatinze kuko Element na we mu minsi mike yashize yahise amurika umushinga w’iyo njyana ya ‘AfroGako’ agiye gutangira gukoraho mu minsi iri imbere, Impaka zivuka uko. Abantu benshi bahise bajya mu gihirahiro hibazwa mu by’ukuri nyirayo kuko wasangaga buri wese ayita iye. 

Mu itangazo Country records yashyize hanze ku wa 07 Gicurasi 2024, mu gika cyaryo cya kabiri, batangaje ko injyana ya AfroGako itigezwe itangizwa n’umwana muto bivumburiye bakamukuza ndetse bakamuha n’izina rya Element Eleeh, ahubwo ko byose byavuye mu bitekerezo by’uwashinze Country Records, ari we Noopja.  

Aha bakomeje bashishikariza aba producer gukoresha no kubyaza umusaruro iyi njyana ariko ko kandi batazigera bihanganira umuntu wese uzagerageza kuyiyitirira, ibi bikaba byaratumye abantu bibaza ikintu baba bishingikirije. 

Mu gihe hakomeje imapaka z’urudaca, hibazwa nyirayo, The Choice Live dukesha iyi nkuru yatangaje ko iyi njyana bari gupfa, atari iya Element nk’uko abivuga, ahubwo ari iya Noopja ndetse akaba afite impapuro zibyemeza kuko yamaze kuyandikisha mu rwego rw’igihugu rushinzwe iterambere mu Rwanda (RDB) nk’umutungo we bwite mu by’ubwenge. 

Mu gihe umuntu yafashe iya mbere akajya kwandikisha igihangano ke nk’umutungo we bwite mu by’ubwenge, icyo gihe nta wundi muntu uba ufite uburenganzira bwo kugikoresha.  

Mu gihe Element akomeje kwiyitirira iyi njyana ashobora kujyanwa mu nkiko na Nopooja, ku bwo gukoresha igihangano cy’undi muntu nta burenganzira ahawe. 

IGIHE CYO KUBIKUZA KURI PI NETWORK CYAGEZE: Reba ibisabwa muri iyi nkuru 

Muntu uba muri iyi si y’ikoranabuhanga ukaba udakora mining ya cryptocurrency waracikanwe. 

Ubundi ku bantu batabizi, mining ni uburyo bukoreshwa muri cryptocurrency, nk’ubucukuzi bw’amafaranga atangwa ku buntu nta gishoro watanze.  

Icyo wowe ukora ni ugukanda ku ijambo mine gusa ubundi amafaranga y’ubunu akaba downloaded icyo gihe uba uri gucukura icyo bita coin. Izo coin nizo uvunjamo amafaranga ku buntu  

Habaho coin nyinshi zikorerwa mining nzagenda nzibereka gacyegacye bitewe nuko nzajya mbanza nkayikoraho ubushakashatsi nkamenya ko ifite gahunda ifatika, ndetse binatewe n’umubare w’abakoresha Username yanjye mu gihe bagiye gutangira urugendo rwa mining.  

Nk’ubu nawe iyo wakora ukaba uyicukura ni pi network: Icyo nkubwira nuko iyo umaze kwiyandikisha buri masaaha 24 wajya ugenda kuri app yayo ugakanda ijambo mine mine gusa ubundi amafaranga akidownlodinga mu masaha 24 akurikiyeho.  

Waca kuri iyi link unyuze hano ubundi ukoreshe iyi username (Yamini01234) nka invitation code, nawe ugatangira ugacukura amafaranga y’ubuntu  

Iyo ufunguye account udakoresheje iyo Username ntabwo umutekano w’amafaranga wamininze uba wizewe, ndetse n’ingano y’amafaranga udownloadinga agahita yiyongera kuko iyo ukoresheje iriya Username utangirana Pi imwe ihwanye n’Amadorali 40. 

Buri munsi usabwe kujya wibuka gukanda ku ijambo mine kugirango ukomeze kudownloadinga amafaranga y’ubuntu, igihe cyo kubikuza tuzababwira uburyo bikorwa. 

Ku bantu basanzwe bakora mining ya Pi Network, igihe cyo kubikuza kiregereje kuko yatangiye no gukoreshwa mu guhaha ibintu bitandukanye. Abemerewe kuyikoresha bahaha ni abamaze gukorerwa KYC verification. 

Kugirango wemererwe gukora KYC Verification ni uko uba usanzwe ukora mining buri munsi.  

Ku bindi bisobanuro by’uko wabikuza twandikire kuri WhatsApp: +254700212775 

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.  

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *