Umuhanzi The Ben yasubije umunyamakuru wamubajije ibyo kuba umugore we Pamella atwite anahishura icyamubabaje

Umuhanzi The Ben uri mu bakunzwe cyane hano mu Rwanda ku munsi wejo hashize yagiranye ikiganiro n’itangazamakuru, aho yabajijwe ibibazo byinshi bitandukanye ndetse nawe asubiza byinshi mu byo yabajijwe. 

Muri iki kiganiro hari umunyamakuru wabajije The Ben niba we nk’umuntu umaze igihe gito akoze ubukwe, we n’umugore we Pamella baba bitegura kubyara cyangwa hazategerezwa ikindi gihe. 

Mu gusubiza iki kibazo, The Ben yabanje kujijinganya avuga ko ibyo ari ibintu byihariye by’umuntu ku giti cye (private), ariko nyuma gato  aza kugisubiza avuga ko igihe k’Imana kitaragera kandi icyo Imana yapanze kidahinduka. 

Mu yandi makuru avugwa kuri The Ben, nuko uyu muhanzi yahishuye ko yababajwe no kutabasha kwitabira igitaramo cya Chryso Ndasingwa, umwe mu bamaze kwigarurira imitima y’abakunda indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana. 

Ibi The Ben yabitangarije mu kiganiro ygiranye n’ikinyamakuru IGIHE nyuma yo kugaragaza ko yishimiye uko igitaramo Chryso Ndasingwa aherutse gukorera muri BK Arena cyagenze. 

The Ben yagize ati “Namenye Chryso Ndasingwa umwaka ushize mubwiwe na mukuru wanjye kuko yakundaga gucuranga indirimbo ye Wahozeho. Ndibuka ko nyumva bwa mbere nayumvise ayicuranga. Icyo gihe nahise mba umufana we.” 

Uyu muhanzi uheruka kurushinga na Miss Uwicyeza Pamella yavuze ko yababajwe n’uko yamenye igitaramo cya Chryso Ndasingwa atinze bityo ntiyabasha kwitabira. 

Yakomeje agira ati “Kuva umwaka ushize nahise mba umufana we, ni umuhanzi mwiza. Nababajwe nuko namenye igitaramo cye ntinze birambabaza cyane. Ngira ngo urabizi ko kitari kuncika. Ntekereza ko ubutaha nakora igitaramo kitazigera kincika.” 

The Ben ahamya ko Chryso Ndasingwa ari umuhanzi mwiza muri iki gihe, by’umwihariko mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana. 

Ati”Urabizi ko kuri njyewe ndi umufana w’umuziki mwiza ariko iyo bigeze ku wo kuramya no guhimbaza Imana biba ari akarusho, akomereze aho imbere ni heza kurushaho ntekereza ko n’umwaka utaha naduha umuziki mwiza abafana tuzishima.” 

The Ben atangaje ibi mu gihe ku wa 5 Gicurasi 2024, umuhanzi Chryso Ndasingwa aherutse gukora amateka yo gukora igitaramo gikomeye cyabereye muri BK Arena, aho yandikiye amateka yo kumurikira album ye ya mbere yise ‘Wahozeho’ imbere y’ibihumbi byinshi byari byahakoraniye. 

IGIHE CYO KUBIKUZA KURI PI NETWORK CYAGEZE: Reba ibisabwa muri iyi nkuru 

Muntu uba muri iyi si y’ikoranabuhanga ukaba udakora mining ya cryptocurrency waracikanwe. 

Ubundi ku bantu batabizi, mining ni uburyo bukoreshwa muri cryptocurrency, nk’ubucukuzi bw’amafaranga atangwa ku buntu nta gishoro watanze.  

Icyo wowe ukora ni ugukanda ku ijambo mine gusa ubundi amafaranga y’ubunu akaba downloaded icyo gihe uba uri gucukura icyo bita coin. Izo coin nizo uvunjamo amafaranga ku buntu  

Habaho coin nyinshi zikorerwa mining nzagenda nzibereka gacyegacye bitewe nuko nzajya mbanza nkayikoraho ubushakashatsi nkamenya ko ifite gahunda ifatika, ndetse binatewe n’umubare w’abakoresha Username yanjye mu gihe bagiye gutangira urugendo rwa mining.  

Nk’ubu nawe iyo wakora ukaba uyicukura ni pi network: Icyo nkubwira nuko iyo umaze kwiyandikisha buri masaaha 24 wajya ugenda kuri app yayo ugakanda ijambo mine mine gusa ubundi amafaranga akidownlodinga mu masaha 24 akurikiyeho.  

Waca kuri iyi link unyuze hano ubundi ukoreshe iyi username (Yamini01234) nka invitation code, nawe ugatangira ugacukura amafaranga y’ubuntu  

Iyo ufunguye account udakoresheje iyo Username ntabwo umutekano w’amafaranga wamininze uba wizewe, ndetse n’ingano y’amafaranga udownloadinga agahita yiyongera kuko iyo ukoresheje iriya Username utangirana Pi imwe ihwanye n’Amadorali 40. 

Buri munsi usabwe kujya wibuka gukanda ku ijambo mine kugirango ukomeze kudownloadinga amafaranga y’ubuntu, igihe cyo kubikuza tuzababwira uburyo bikorwa. 

Ku bantu basanzwe bakora mining ya Pi Network, igihe cyo kubikuza kiregereje kuko yatangiye no gukoreshwa mu guhaha ibintu bitandukanye. Abemerewe kuyikoresha bahaha ni abamaze gukorerwa KYC verification. 

Kugirango wemererwe gukora KYC Verification ni uko uba usanzwe ukora mining buri munsi.  

Ku bindi bisobanuro by’uko wabikuza twandikire kuri WhatsApp: +254700212775 

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.  

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *