Umunyeshuri w’umukobwa witwa Jeanne D’Arc Uwumuremyi yakubiswe bikomeye, ijipo imucikiraho birangira bamujyanye kwa muganga igitaraganya

Biravugwa ko umwana w’umukobwa witwa Jeanne D’Arc Uwumuremyi yakubiswe n’Umuyobozi w’ishuri wungirije ushinzwe amasomo (DOS) akanamuciraho imyenda ndetse bikanamuviramo no kujya kwa muganga. 

Uyu munyeshuri wakorewe ihohoterwa ni uwo mu Karere ka Rulindo, mu Murenge wa Buyoga, wiga mu kigo cy’amashuri cya Groupe scolaire Gitumba. 

Ibi byabaye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 8 Gicurasi 2024 ku isaha ya saa tatu zishyira saa yine, aho amakuru aturuka muri kariya gace avuga ko uyu mwana w’umukobwa yasanzwe mu ishuri yigamo ry’umwaka wa Gatandatu mu mashuri yisumbuye agakubitwa. 

Bamwe mu batangabuhamya bavuga ko bijya gutangira abanyeshuri bari mu ishuri barimo gukora imyitozo yo mu matsinda (group works) nta mwarimu uri mu ishuri, aribwo Umuyobozi w’ishuri wungirije ushinzwe amasomo (DOS) yanyuze ku ishuri yumva abanyeshuri basakuza yinjiramo ajya kureba impamvu basakuza. 

Ikinyamakuru BWIZA ducyesha iyi nkuru cyatangaje ko uyu muyobozi wungirije ushinzwe amasomo yageze muri iri shuri ryo mu mwaka wa Gatandatu agahita abwira abakobwa babiri b’abanyeshuri ngo bapfukame. 

Abayanze amakoru bavuga ko DOS yahise abonana umwe muri abo bakobwa telefoni mu mufuka w’ijipo arayimwaka undi arayimwima.  

Uyu muyobozi wungirije ushinzwe amasomo ngo yahise atangira gushyamirana n’uyu munyeshuri witwa Jeanne D’Arc Uwumuremyi amufata mu mashati amujyana mu biro bye. 

Bivugwako umuyobozi wungirije ushinzwe amasomo bivugwa ko yamugejeje mu biro bye bakifungirana bakomeje kurwanira telefoni. 

Umunyeshuri ngo nibwo yakubiswe ndetse biza no kumuviramo ko ijipo n’inkweto yari yambaye nabyo byacitse nkuko abatangabuhamya bakomeza babivuga.  

Icyakora ababonye uyu munyeshuri bavuze ko yari afite imibyimba y’inkoni ku mubiri wose ndetse ngo bamubonye amaze gutizwa igitenge n’inkweto zo mu bwoko bwa Boda boda yari ahawe n’uyu muyobozi w’ikigo wungirije ushinzwe imyitwarire(DOD) nyuma yuko yari amaze kumukubita. 

Uyu mukobwa yahise avanwa muri iki kigo ahita ajya kwivuza ku Kigo Nderabuzima cya Buyoga.  

Kugeza ubu Gitifu w’Umurenge wa Buyoga ibi byabereyemo yirinze ku gira icyo atangariza itangazamakuru kuri iki kibazo, icyakora ngo byamaze kugera mu rwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha RIB. 

Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, Dr Murangira B. Thierry, ubwo yaganiraga n’itangazamakuru kuri kiriya kibazo yagize ati “Iyi case iri gukurikiranwa kugira ngo hamenyekane ukuri.” 

Si ubwa mbere mu bigo by’amashuri bitandukanye havuzwe ikibazo cy’abanyeshuri bahohoterwa n’abayobozi n’abarimu babo. 

Ibi bikaba byaragiye bivugwa kenshi ko gutanga ibihano bibabaza umubiri (Corporal punishment) bitemewe, ko ubikoresha yahanwa n’amategeko. 

IGIHE CYO KUBIKUZA KURI PI NETWORK CYAGEZE: Reba ibisabwa muri iyi nkuru 

Muntu uba muri iyi si y’ikoranabuhanga ukaba udakora mining ya cryptocurrency waracikanwe. 

Ubundi ku bantu batabizi, mining ni uburyo bukoreshwa muri cryptocurrency, nk’ubucukuzi bw’amafaranga atangwa ku buntu nta gishoro watanze.  

Icyo wowe ukora ni ugukanda ku ijambo mine gusa ubundi amafaranga y’ubunu akaba downloaded icyo gihe uba uri gucukura icyo bita coin. Izo coin nizo uvunjamo amafaranga ku buntu  

Habaho coin nyinshi zikorerwa mining nzagenda nzibereka gacyegacye bitewe nuko nzajya mbanza nkayikoraho ubushakashatsi nkamenya ko ifite gahunda ifatika, ndetse binatewe n’umubare w’abakoresha Username yanjye mu gihe bagiye gutangira urugendo rwa mining.  

Nk’ubu nawe iyo wakora ukaba uyicukura ni pi network: Icyo nkubwira nuko iyo umaze kwiyandikisha buri masaaha 24 wajya ugenda kuri app yayo ugakanda ijambo mine mine gusa ubundi amafaranga akidownlodinga mu masaha 24 akurikiyeho.  

Waca kuri iyi link unyuze hano ubundi ukoreshe iyi username (Yamini01234) nka invitation code, nawe ugatangira ugacukura amafaranga y’ubuntu  

Iyo ufunguye account udakoresheje iyo Username ntabwo umutekano w’amafaranga wamininze uba wizewe, ndetse n’ingano y’amafaranga udownloadinga agahita yiyongera kuko iyo ukoresheje iriya Username utangirana Pi imwe ihwanye n’Amadorali 40. 

Buri munsi usabwe kujya wibuka gukanda ku ijambo mine kugirango ukomeze kudownloadinga amafaranga y’ubuntu, igihe cyo kubikuza tuzababwira uburyo bikorwa. 

Ku bantu basanzwe bakora mining ya Pi Network, igihe cyo kubikuza kiregereje kuko yatangiye no gukoreshwa mu guhaha ibintu bitandukanye. Abemerewe kuyikoresha bahaha ni abamaze gukorerwa KYC verification. 

Kugirango wemererwe gukora KYC Verification ni uko uba usanzwe ukora mining buri munsi.  

Ku bindi bisobanuro by’uko wabikuza twandikire kuri WhatsApp: +254700212775 

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.  

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *