Abanyeshuri bagiye ku ishuri bari mu ndege kajugujugu agatoki ku kandi bituma Minisiteri y’uburezi ifata umwanzuro ukomeye

Mu gihugu cya Uganda, Minisiteri y’Uburezi yatangiye iperereza nyuma y’uko Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Amashuri Makuru mu gihugu, John Chrysostom Muyingo, atangaje ko atishimiye umusore n’umukobwa bagaragaye mu mashusho bagiye mu birori byo ku ishuri basanzwe bigaho bari mu ndege yo mu bwoko bwa Kajugujugu. 

Minisiteri y’Uburezi muri kiriya gihugu itangaje ibi nyuma yuko ku mbuga nkoranyambaga hazengurutse amashusho y’abanyeshuri 2 bitabirirye ibirori byo ku ishuri ryisumbuye rya Élite riherereye i Entebbe bari muri Kajugujugu.  

Aya mashusho yagiye hanze mu cyumweru gishize, yerekana umukobwa n’umusore bari kuva mu ndege yo mu bwoko bwa Kajugujugu binjira mu modoka ya SUV iri mu zihenze. 

Ni amashusho agaragaza aba banyeshuri ubwo bari bitabiriye ikirori karundura cyari cyateguwe n’ishuri ryabo basanzwe bigaho.  

Amakuru aturuka mu gihugu cya Uganda avuga ko iki kirori cyari cyateguwe mu rwego rwo guhuza abanyeshuri kugira bidagadure gusa habereyemo gusesagura bidasanzwe ku banyeshuri bamwe na bamwe. 

Nyuma y’ibyo bikorwa aba banyeshuri bakoze ntibyakiriwe neza n’Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Amashuri Makuru, John Chrysostom Muyingo, aho yatangaje uko atiyiyumvisha ko ibyakozwe n’abo banyeshuri byabereye mu gihugu cya Uganda.  

Yagize ati “Ibi bintu bibera muri Uganda? Turajya he? Amafaranga ni umutungo muke, ntabwo yagakwiriye gusesagurwa muri buriya buryo.” 

Amakuru avuga ko iyo ndege ya Kajugujugu aba banyeshuri bajemo yishyuwe $1200 (asaga miliyoni 4.5 z’amashilingi ya Uganda) ni mu gihe imodoka ya SUV yo yishyuwe miliyoni 3 yo kuyikodesha mu gihe cy’amasaha atandatu. 

Kuri ubu bivugwa ko Minisiteri y’Uburezi muri kiriya gihugu yatangiye gukora iperereza kuri icyo kigo cyateguye ibi birori byabereyemo gusesagura bikabije. 

IGIHE CYO KUBIKUZA KURI PI NETWORK CYAGEZE: Reba ibisabwa muri iyi nkuru 

Muntu uba muri iyi si y’ikoranabuhanga ukaba udakora mining ya cryptocurrency waracikanwe. 

Ubundi ku bantu batabizi, mining ni uburyo bukoreshwa muri cryptocurrency, nk’ubucukuzi bw’amafaranga atangwa ku buntu nta gishoro watanze.  

Icyo wowe ukora ni ugukanda ku ijambo mine gusa ubundi amafaranga y’ubunu akaba downloaded icyo gihe uba uri gucukura icyo bita coin. Izo coin nizo uvunjamo amafaranga ku buntu  

Habaho coin nyinshi zikorerwa mining nzagenda nzibereka gacyegacye bitewe nuko nzajya mbanza nkayikoraho ubushakashatsi nkamenya ko ifite gahunda ifatika, ndetse binatewe n’umubare w’abakoresha Username yanjye mu gihe bagiye gutangira urugendo rwa mining.  

Nk’ubu nawe iyo wakora ukaba uyicukura ni pi network: Icyo nkubwira nuko iyo umaze kwiyandikisha buri masaaha 24 wajya ugenda kuri app yayo ugakanda ijambo mine mine gusa ubundi amafaranga akidownlodinga mu masaha 24 akurikiyeho.  

Waca kuri iyi link unyuze hano ubundi ukoreshe iyi username (Yamini01234) nka invitation code, nawe ugatangira ugacukura amafaranga y’ubuntu  

Iyo ufunguye account udakoresheje iyo Username ntabwo umutekano w’amafaranga wamininze uba wizewe, ndetse n’ingano y’amafaranga udownloadinga agahita yiyongera kuko iyo ukoresheje iriya Username utangirana Pi imwe ihwanye n’Amadorali 40. 

Buri munsi usabwe kujya wibuka gukanda ku ijambo mine kugirango ukomeze kudownloadinga amafaranga y’ubuntu, igihe cyo kubikuza tuzababwira uburyo bikorwa. 

Ku bantu basanzwe bakora mining ya Pi Network, igihe cyo kubikuza kiregereje kuko yatangiye no gukoreshwa mu guhaha ibintu bitandukanye. Abemerewe kuyikoresha bahaha ni abamaze gukorerwa KYC verification. 

Kugirango wemererwe gukora KYC Verification ni uko uba usanzwe ukora mining buri munsi.  

Ku bindi bisobanuro by’uko wabikuza twandikire kuri WhatsApp: +254700212775 

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.  

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *