Yakamwana na bagenzi be bagaragaye mu mashusho y’Ubusambanyi mu ruhame bisanze bari mu mazi abira.

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi abantu batandatu batawe muri yombi n’ bakurikiranyweho icyaha cyo gushyira ahagaragara amashusho yerekeranye n’imikoreshereze y’ibits1na mu ruhame.  

Aba bantu barimo umunyarwenya Gasore Pacifique uzwi nka ’Yaka Mwana’ bakurikiranyweho kwerekana ariya mashusho hakoreshejwe mudasobwa cyangwa urusobe rwa mudasobwa, icyaha cyo gukora ibiterasoni mu ruhame n’icyaha cyo gutukana mu ruhame. 

Bariya bantu batawe muri yombi nyuma y’umuburo wa RIB iheruka gutanga ku bantu bakora ibiterasoni ndetse bakanabinyuza kuri murandasi, uru rwego rukaba rwatangaje ko rwamaze guta muri yombi abantu 6 bagaragaweho n’ibyo bikorwa. 

Aba bantu batandatu bose batawe muri yombi mu bihe bitandukanye nk’uko bitangazwa na RIB, aho bamwe bafashwe tariki 16 Mata abandi bagafatwa tariki 6 Gicurasi uyu mwaka wa 2024. 

Abafunzwe ni ukoresha shene ya YouTube izwi nka Fanny TV 250, Mukamana Francine w’imyaka 24, barimo kandi Iradukunda Themistocles uzwi nka T. Bless w’imyaka 27, akagira umuyoboro wa YouTube izwi nka Kigali Magazine. 

Mu bandi bafunzwe kandi harimo Gasore Pacifique uzwi nka ’Yaka Mwana’ w’imyaka 38, Uwase Natasha w’imyaka 20, Uwimana Jeannette uzwi nka Gaju w’imyaka 20 ndetse na Mugwaneza Christian w’imyaka 26, akaba afata amashusho anyuzwa kuri za shene ya YouTube. 

Abatawe muri yombi bose bahuriye ku kuba bakurikiranyweho ibyaha bakoze mu bihe bitandukanye aho bakoraga ibiganiro ku miyoboro ya YouTube itandukanye, aho shene zamenyekanye aba bantu batanzeho ibiganiro ari Kigali Magazine, Umurava YouTube Channel, Sawa sawa show na Iryakabagari TV. 

Yakamwana na bagenzi be bafungiye kuri Sitasiyo ya RIB ya Nyamirambo, mu gihe dosiye zabo ziri gutunganywa kugira ngo zoherezwe mu bushinjacyaha. Icyakora dosiye ya Mukamana Francine na Uwase Natasha zamaze koherezwa mu Bushinjacyaha. 

IGIHE CYO KUBIKUZA KURI PI NETWORK CYAGEZE: Reba ibisabwa muri iyi nkuru 

Muntu uba muri iyi si y’ikoranabuhanga ukaba udakora mining ya cryptocurrency waracikanwe. 

Ubundi ku bantu batabizi, mining ni uburyo bukoreshwa muri cryptocurrency, nk’ubucukuzi bw’amafaranga atangwa ku buntu nta gishoro watanze.  

Icyo wowe ukora ni ugukanda ku ijambo mine gusa ubundi amafaranga y’ubunu akaba downloaded icyo gihe uba uri gucukura icyo bita coin. Izo coin nizo uvunjamo amafaranga ku buntu  

Habaho coin nyinshi zikorerwa mining nzagenda nzibereka gacyegacye bitewe nuko nzajya mbanza nkayikoraho ubushakashatsi nkamenya ko ifite gahunda ifatika, ndetse binatewe n’umubare w’abakoresha Username yanjye mu gihe bagiye gutangira urugendo rwa mining.  

Nk’ubu nawe iyo wakora ukaba uyicukura ni pi network: Icyo nkubwira nuko iyo umaze kwiyandikisha buri masaaha 24 wajya ugenda kuri app yayo ugakanda ijambo mine mine gusa ubundi amafaranga akidownlodinga mu masaha 24 akurikiyeho.  

Waca kuri iyi link unyuze hano ubundi ukoreshe iyi username (Yamini01234) nka invitation code, nawe ugatangira ugacukura amafaranga y’ubuntu  

Iyo ufunguye account udakoresheje iyo Username ntabwo umutekano w’amafaranga wamininze uba wizewe, ndetse n’ingano y’amafaranga udownloadinga agahita yiyongera kuko iyo ukoresheje iriya Username utangirana Pi imwe ihwanye n’Amadorali 40. 

Buri munsi usabwe kujya wibuka gukanda ku ijambo mine kugirango ukomeze kudownloadinga amafaranga y’ubuntu, igihe cyo kubikuza tuzababwira uburyo bikorwa. 

Ku bantu basanzwe bakora mining ya Pi Network, igihe cyo kubikuza kiregereje kuko yatangiye no gukoreshwa mu guhaha ibintu bitandukanye. Abemerewe kuyikoresha bahaha ni abamaze gukorerwa KYC verification. 

Kugirango wemererwe gukora KYC Verification ni uko uba usanzwe ukora mining buri munsi.  

Ku bindi bisobanuro by’uko wabikuza twandikire kuri WhatsApp: +254700212775 

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.  

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *